News

Imvugo ni yo ngiro ku bakinnyi ba APR F.C

Imihigo abakinnyi ba APR F.C bahigiye imbere y’Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda bayihiguye, baha ibyishimo Abakunzi b’iyi Ekipe. Ni mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 04/05/2025, APR F.C ikaba yawutsinzemo Rayon Sports ibitego 2-0. Mbere y’uyu mukino Abakinnyi ba APR F.C bari bahigiye gutsinda bagaha ibyishimo Abakunzi n’Abafana b’iyi […]

Imvugo ni yo ngiro ku bakinnyi ba APR F.C Read More »

APR FC yatsibuye Rayon Sports iyitwara igikombe cy’amahoro

APR FC yegukanye igikombe cy’amahoro itsinze Rayon Sports ibitego 2-0, byatsinzwe na Sheikh Djibril Ouattara ku munota wa 5 ndetse na Mugisha Gilbert ku munota wa 30. APR FC yarushije cyane Rayon Sports mu gice cya mbere, haba kwiharira umupira ndetse no kurema uburyo bwabyara ibitego. Mu gice cya kabiri APR FC yakinnye yibanda cyane

APR FC yatsibuye Rayon Sports iyitwara igikombe cy’amahoro Read More »

Gen. MK Mubarakh yasuye APR FC atanga ubutumwa

Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’icyubahiro wa APR F.C yasuye iyi kipe mu myitozo atanga ubutumwa mbere yo gukina umukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 03/05/2025 APR F.C yakoze imyitozo yitegura umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro, uzaba kuri iki cyumweru tariki ya 04/05/2025. Ni imyitozo yakurikiwe n’umugaba mukuru w’ingabo

Gen. MK Mubarakh yasuye APR FC atanga ubutumwa Read More »

APR FC yasezereye Police FC mu gikombe cy’amahoro

Igitego 1-0 ni cyo APR FC yatsinze Police FC iyiseserera iryo mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’amahoro, ihita iba ikatishije itije ijya ku mukino wa nyuma. Ni mu mukino wa 1/2 cy’irangiza wakiniwe muri Stade Amahoro kuri uyu wa gatatu tariki ya 30/04/2025. Igitego rukumbi cyabonetse muri uyu mukino cyatsinzwe na Sheikh Djibril Ouattara ku

APR FC yasezereye Police FC mu gikombe cy’amahoro Read More »

Intsinzi ituruka ku bufatanye bwanyu – Brig Gen Deo Rusanganwa

Ikipe y’ingabo z’igihugu kuri uyu wa Kabiri yakomeje imyitozo yitegura umukino wo kwishyura mu gikombe cy’amahoro uzayihuza na Police FC. Mu gukomeza kurushaho kwitegura uyu mukino, Chairman wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa yasuye iyi kipe mu rwego rwo kongerera ikizere abagize iyi kipe, cyo kwitwara neza. Ubwo yabaganirizaga yongeye kubibutsa ko umupira w’amaguru

Intsinzi ituruka ku bufatanye bwanyu – Brig Gen Deo Rusanganwa Read More »

Bambariye urugamba: imyitozo ya nyuma ya APR FC irivugira

Abakinnyi ba APR FC bambariye urugamba nk’uko byagaragaye mu myitozo bakoze kuri uyu wa kabiri mbere yo guhura na Police FC. Ni imyitozo yakozwe n’abakinnyi bose ba APR FC, bakaba biteguye guhatana kandi bikabahesha intsinzi mu mukino wo kwishyura wa 1/2 mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’amahoro. Ni umukino ikipe y’ingabo igomba kwakiramo iya Police,

Bambariye urugamba: imyitozo ya nyuma ya APR FC irivugira Read More »

APR FC yakoreye imyitozo imbere y’Abayobozi i Rubavu

Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka, Maj.Gen Vincent Nyakarundi yakurikiranye imyitozo APR FC yakoreye i Rubavu. Ni imyitozo yakozwe ku gicamunsi cy’uyu wa gatanu tariki ya 25/04/2025, ari na wo munsi APR FC yageze mu Karere ka Rubavu aho izakinira na Rutsiro FC. APR FC yajyanye abakinnyi bayo bose i Rubavu, ikaba yakoreye imyitozo ku kibuga

APR FC yakoreye imyitozo imbere y’Abayobozi i Rubavu Read More »

Amafoto: APR FC mu myiteguro ya nyuma mbere yo gukina na Police FC

APR FC yakoze imyitozo ya nyuma yitegura gukina na Police FC umukino ubanza wa 1/2 cy’irangiza mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’amahoro. Ni umukino uzaba kuri uyu wa kabiri tariki ya 15/04/2025, ukazabera kuri Kigali Pele Stadium guhera saa cyenda (3:00pm). APR FC nisezerera Police FC izahura n’izaba yatsinze hagati ya Mukura VS&L na Rayon

Amafoto: APR FC mu myiteguro ya nyuma mbere yo gukina na Police FC Read More »

Scroll to Top