Author name: Philbert HAGENGIMANA

APR FC yagize icyo ivuga ku kirego Umutoza Adil yayirezemo muri FIFA

APR FC yatangaje ko ikirego Adil Erradi Mohammed wahoze ari Umutoza wayo yayireze muri FIFA cyateshejwe agaciro no mu bujurire. Mu itangazo APR FC yashyize ahagaragara iramenyesha abakunzi bayo n’ab’umupira w’amaguru muri rusange ko ikirego Umutoza Adil yayireze avuga ko amasezerano ye yasheshwe nta mpamvu ifatika, cyateshejwe agaciro haba ku rwego rwa mbere ndetse no

APR FC yagize icyo ivuga ku kirego Umutoza Adil yayirezemo muri FIFA Read More »

APR FC yatsinze Kiyovu Sports ihita yegukana igikombe cya Shampiyona

APR FC yatsinze Kiyovu Sports igitego 1-0 ihita yegukana igikombe cya Shampiyona bidasubirwaho. Ni mu mukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona (Rwanda Premier League 2023/2024) wakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 20/04/2024. Umukino watangiye amakipe yombi akina asa n’acungacungana ku jisho, aho ikipe yafataga umupira yahitaga ijya kuwukinira mu bwugarizi bwayo. Icyakora APR FC

APR FC yatsinze Kiyovu Sports ihita yegukana igikombe cya Shampiyona Read More »

APR FC yanganyije na AS Kigali mu mukino w’ikirarane

Mu mukino utari woroshye, APR FC yanganyije na AS Kigali ibitego 2-2 bituma Ikipe y’Ingabo isabwa byibuze irindi nota rimwe mu mikino ine isigaye kugira ngo yegukane igikombe cya Shampiyona. Ni umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 26 wa shampiyona wagombaga kuba warakinwe ku itariki ya 5/04/2024 ariko ukaza gusubikwa kubera ibyago ubwo uwari Umutoza ushinzwe kongerera

APR FC yanganyije na AS Kigali mu mukino w’ikirarane Read More »

Abakinnyi ba APR WFC baherekejwe n’ababyeyi bashyikirijwe ishimwe

Umuyobozi Ushinzwe Iterambere ry’Umupira w’amaguru muri APR FC, Capt. (Rtd) GATIBITO Byabuze yahuye n’abakinnyi ba APR WFC bari kumwe n’ababyeyi babo, abashyikiriza ubutumwa bw’ishimwe bw’Ubuyobozi bwa APR FC. Ni nyuma y’uko APR WFC yegukanye igikombe cya Shampiyona y’icyiciro cya kabiri y’abari n’abategarugori. Ababyeyi baganirijwe ku rugendo rwa APR WFC kugirango igaruke mu cyiciro cya mbere

Abakinnyi ba APR WFC baherekejwe n’ababyeyi bashyikirijwe ishimwe Read More »

#Kwibuka30: Ubutumwa bw’ubuyobozi bwa APR FC

Mu gihe nk’iki cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, Ubuyobozi bwa APR FC bwatanze ubutumwa bwo kwifatanya n’Isi yose muri rusange ariko Abanyarwanda by’umwihariko. Tariki ya 7 Mata ni umunsi mpuzamahanga wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, hagatangira icyumweru cyo kwibuka. Kuri uyu wa 7 Mata 2024,

#Kwibuka30: Ubutumwa bw’ubuyobozi bwa APR FC Read More »

Uko umuhango wo gusezera bwa nyuma umutoza Adel-Zrane wagenze (amafoto & video)

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 05/04/2024 ni bwo hakozwe umuhango wo gusezera bwa nyuma Nyakwigendera Adel-Zrane wari Umutoza wa APR FC ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi. Ni umuhango wateguwe n’Ubuyobozi bwa APR FC, ukaba waritabiriwe n’abakunzi n’abafana b’iyi kipe y’ingabo, Abanyamakuru, abahagarariye andi makipe atandukanye mu Rwanda, n’abandi bakunzi b’umupura w’amaguru muri rusange. Ni umuhango

Uko umuhango wo gusezera bwa nyuma umutoza Adel-Zrane wagenze (amafoto & video) Read More »

Umutoza Dr Adel Zrane yitabye Imana

Dr Adel-Zrane wari Umutozawungirije ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi muri APR FC yitabye Imana. Mu gitondo cy’uyu wa kabiri tariki ya 02/04/2024 ni bwo Umutoza Dr. Adel-Zrane yitabye Imana mu buryo butunguranye, akaba yaguye iwe mu rugo. Ubuyobozi bwa APR FC, nwatangaje ku bufatanye na Minisiteri y’ingabo (MINADEF) n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) hakirimo gukorwa iperereza ngo

Umutoza Dr Adel Zrane yitabye Imana Read More »

Scroll to Top