latest news
APR FC yagize icyo ivuga ku kirego Umutoza Adil yayirezemo muri FIFA
APR FC yatangaje ko ikirego Adil Erradi Mohammed wahoze ari Umutoza wayo yayireze muri FIFA
APR FC yatsinze Kiyovu Sports ihita yegukana igikombe cya Shampiyona
APR FC yatsinze Kiyovu Sports igitego 1-0 ihita yegukana igikombe cya Shampiyona bidasubirwaho. Ni mu
APR FC yitegura kwakira Kiyovu Sports kuri uyu wa Gatandatu isoje imyitozo ya nyuma
Shampiyona y’icyiciro cya mbere igeze ku munsi wayo wa makumyabiri na karindwi, ikipe ya APR
APR FC yanganyije na AS Kigali mu mukino w’ikirarane
Mu mukino utari woroshye, APR FC yanganyije na AS Kigali ibitego 2-2 bituma Ikipe y’Ingabo
APR FC yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na AS Kigali
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yakoze imyitozo ya nyuma mbere mbere yo guhura na AS Kigali mu
Abakinnyi ba APR WFC baherekejwe n’ababyeyi bashyikirijwe ishimwe
Umuyobozi Ushinzwe Iterambere ry’Umupira w’amaguru muri APR FC, Capt. (Rtd) GATIBITO Byabuze yahuye n’abakinnyi ba
#Kwibuka30: Ubutumwa bw’ubuyobozi bwa APR FC
Mu gihe nk’iki cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu
Uko umuhango wo gusezera bwa nyuma umutoza Adel-Zrane wagenze (amafoto & video)
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 05/04/2024 ni bwo hakozwe umuhango wo gusezera bwa nyuma
Umutoza Dr Adel Zrane yitabye Imana
Dr Adel-Zrane wari Umutozawungirije ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi muri APR FC yitabye Imana. Mu gitondo
APR FC yasesekaye i Kigali, ikubutse muri Zanzibar aho yari yitabiriye MAPINDUZI CUP.
Saa saba n’iminota mirongo ine n’itanu (1:45pm) z’iki cyumweru tariki ya 14/01/2024 ni bwo APR