News

APR FC yanganyije na AS Kigali mu mukino w’ikirarane

Mu mukino utari woroshye, APR FC yanganyije na AS Kigali ibitego 2-2 bituma Ikipe y’Ingabo isabwa byibuze irindi nota rimwe mu mikino ine isigaye kugira ngo yegukane igikombe cya Shampiyona. Ni umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 26 wa shampiyona wagombaga kuba warakinwe ku itariki ya 5/04/2024 ariko ukaza gusubikwa kubera ibyago ubwo uwari Umutoza ushinzwe kongerera […]

APR FC yanganyije na AS Kigali mu mukino w’ikirarane Read More »

APR FC yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na AS Kigali

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yakoze imyitozo ya nyuma mbere mbere yo guhura na AS Kigali mu mukino w’ikirarane cy’umunsi wa 26 wa shampiona y’icyiciro cya mbere kuri uyu wa Mbere i Nyamirambo kuri Kigali PELE Stadium saa cyenda (15h00) Ni imyitozo yakorewe ku kibuga cya Shyorongi aho nubundi iyi kipe isanzwe ikorera imyitozo yayo, akaba ari

APR FC yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na AS Kigali Read More »

Abakinnyi ba APR WFC baherekejwe n’ababyeyi bashyikirijwe ishimwe

Umuyobozi Ushinzwe Iterambere ry’Umupira w’amaguru muri APR FC, Capt. (Rtd) GATIBITO Byabuze yahuye n’abakinnyi ba APR WFC bari kumwe n’ababyeyi babo, abashyikiriza ubutumwa bw’ishimwe bw’Ubuyobozi bwa APR FC. Ni nyuma y’uko APR WFC yegukanye igikombe cya Shampiyona y’icyiciro cya kabiri y’abari n’abategarugori. Ababyeyi baganirijwe ku rugendo rwa APR WFC kugirango igaruke mu cyiciro cya mbere

Abakinnyi ba APR WFC baherekejwe n’ababyeyi bashyikirijwe ishimwe Read More »

#Kwibuka30: Ubutumwa bw’ubuyobozi bwa APR FC

Mu gihe nk’iki cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, Ubuyobozi bwa APR FC bwatanze ubutumwa bwo kwifatanya n’Isi yose muri rusange ariko Abanyarwanda by’umwihariko. Tariki ya 7 Mata ni umunsi mpuzamahanga wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, hagatangira icyumweru cyo kwibuka. Kuri uyu wa 7 Mata 2024,

#Kwibuka30: Ubutumwa bw’ubuyobozi bwa APR FC Read More »

Uko umuhango wo gusezera bwa nyuma umutoza Adel-Zrane wagenze (amafoto & video)

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 05/04/2024 ni bwo hakozwe umuhango wo gusezera bwa nyuma Nyakwigendera Adel-Zrane wari Umutoza wa APR FC ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi. Ni umuhango wateguwe n’Ubuyobozi bwa APR FC, ukaba waritabiriwe n’abakunzi n’abafana b’iyi kipe y’ingabo, Abanyamakuru, abahagarariye andi makipe atandukanye mu Rwanda, n’abandi bakunzi b’umupura w’amaguru muri rusange. Ni umuhango

Uko umuhango wo gusezera bwa nyuma umutoza Adel-Zrane wagenze (amafoto & video) Read More »

Umutoza Dr Adel Zrane yitabye Imana

Dr Adel-Zrane wari Umutozawungirije ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi muri APR FC yitabye Imana. Mu gitondo cy’uyu wa kabiri tariki ya 02/04/2024 ni bwo Umutoza Dr. Adel-Zrane yitabye Imana mu buryo butunguranye, akaba yaguye iwe mu rugo. Ubuyobozi bwa APR FC, nwatangaje ku bufatanye na Minisiteri y’ingabo (MINADEF) n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) hakirimo gukorwa iperereza ngo

Umutoza Dr Adel Zrane yitabye Imana Read More »

APR FC yasesekaye i Kigali, ikubutse muri Zanzibar aho yari yitabiriye MAPINDUZI CUP.

Saa saba n’iminota mirongo ine n’itanu (1:45pm) z’iki cyumweru tariki ya 14/01/2024 ni bwo APR FC yari isesekaye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe. Iyi kipe y’ingabo z’u Rwanda ivuye mu rugendo yari imazemo ibyumweru bitatu, aho yari yitabiriye MAPINDUZI CUP irushanwa muri rusange yitwayemo neza n’ubwo itahiriwe mu mukino wa 1/2 cy’irangiza.

APR FC yasesekaye i Kigali, ikubutse muri Zanzibar aho yari yitabiriye MAPINDUZI CUP. Read More »

Dufite ikizere ko n’iyi Shampiona nayo igomba kuza mu bindi bikombe: Gatete Thomson

Umukunzi wa APR FC akaba anashinzwe ubukangurambaga mu rwego rw’umujyi wa Kigali, Gatete Thomson atangaza ko afite ikizere ko n’iyi Shampiona nayo igomba kuza mu bindi bikombe. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru b’ikipe ya APR FC mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Ukwakira, atangira anasobanura uko abona ikipe ye akunda.

Dufite ikizere ko n’iyi Shampiona nayo igomba kuza mu bindi bikombe: Gatete Thomson Read More »

Nshimirimana Ismail yatangiye imyitozo

Umukinnyi wo hagati w’ikipe y’Ingabo z’Igihugu Nshimirimana Ismail Pitchou, yatangiye imyitozo yoroheje nyuma y’imvune yagiriye mu mukino w’ikirarane cy’umunsi wa 1 wa shampiyona APR FC yakinnye na Marine FC umukino warangiye amakipe yombi anganyije ibitego 2_2 Nshimirimana Ismael ni umwe mu bakinnyi bashya bongewe muri APR FC uyu mwaka avuye mu ikipe ya Kiyovu Sports,

Nshimirimana Ismail yatangiye imyitozo Read More »

Scroll to Top