Uncategorized

APR FC yagize icyo ivuga ku kirego Umutoza Adil yayirezemo muri FIFA

APR FC yatangaje ko ikirego Adil Erradi Mohammed wahoze ari Umutoza wayo yayireze muri FIFA cyateshejwe agaciro no mu bujurire. Mu itangazo APR FC yashyize ahagaragara iramenyesha abakunzi bayo n’ab’umupira w’amaguru muri rusange ko ikirego Umutoza Adil yayireze avuga ko amasezerano ye yasheshwe nta mpamvu ifatika, cyateshejwe agaciro haba ku rwego rwa mbere ndetse no […]

APR FC yagize icyo ivuga ku kirego Umutoza Adil yayirezemo muri FIFA Read More »

APR FC yatsinze Kiyovu Sports ihita yegukana igikombe cya Shampiyona

APR FC yatsinze Kiyovu Sports igitego 1-0 ihita yegukana igikombe cya Shampiyona bidasubirwaho. Ni mu mukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona (Rwanda Premier League 2023/2024) wakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 20/04/2024. Umukino watangiye amakipe yombi akina asa n’acungacungana ku jisho, aho ikipe yafataga umupira yahitaga ijya kuwukinira mu bwugarizi bwayo. Icyakora APR FC

APR FC yatsinze Kiyovu Sports ihita yegukana igikombe cya Shampiyona Read More »

#Kwibuka30: Ubutumwa bw’ubuyobozi bwa APR FC

Mu gihe nk’iki cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, Ubuyobozi bwa APR FC bwatanze ubutumwa bwo kwifatanya n’Isi yose muri rusange ariko Abanyarwanda by’umwihariko. Tariki ya 7 Mata ni umunsi mpuzamahanga wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, hagatangira icyumweru cyo kwibuka. Kuri uyu wa 7 Mata 2024,

#Kwibuka30: Ubutumwa bw’ubuyobozi bwa APR FC Read More »

Umutoza Dr Adel Zrane yitabye Imana

Dr Adel-Zrane wari Umutozawungirije ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi muri APR FC yitabye Imana. Mu gitondo cy’uyu wa kabiri tariki ya 02/04/2024 ni bwo Umutoza Dr. Adel-Zrane yitabye Imana mu buryo butunguranye, akaba yaguye iwe mu rugo. Ubuyobozi bwa APR FC, nwatangaje ku bufatanye na Minisiteri y’ingabo (MINADEF) n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) hakirimo gukorwa iperereza ngo

Umutoza Dr Adel Zrane yitabye Imana Read More »

Scroll to Top