News

PSBB na GS APE-Rugunga zegukanye ibikombe muri Inter-Schools

Petit Seminaire Baptiste de Butare (PSBB) yigaho abakinnyi ba APR WFC na GS APE-Rugunga yigaho abakinnyi b’INTARE FC begukanye ibikombe by’irushanwa rihuza amashuri. PSBB yegukanye igikombe itsinze CFC ibitego 2-0, iyi ikaba yari yasezereye APAER yigaho abakinnyi bakinira Police WFC iyiteye mpaga. Muri 1/2 cy’irangiza PSBB yari yasezereye GS Remera Rukoma yigaho abakinnyi ba Kamonyi […]

PSBB na GS APE-Rugunga zegukanye ibikombe muri Inter-Schools Read More »

Mu birori byuje ubudasa APR FC yashyikirijwe igikombe cya shampiyona (Amafoto)

Mu birori bitakozwe n’undi wese, APR FC yashyikirijwe igikombe cya shampiyona nyuma yo gutsinda Musanze FC ibitego 3-1 mu mukino usoza Rwanda Premier League 2024-2025. Ni ibirori byakorewe muri Stade Amahoro kuri uyu gatatu tariki ya 28/05/2025, aho APR FC yashyikirijwe igikombe cyayo cya 23 cya shampiyona yegukanye ubwo yatsindaga Muhazi FC igitego 1-0 maze

Mu birori byuje ubudasa APR FC yashyikirijwe igikombe cya shampiyona (Amafoto) Read More »

Bidasubirwaho APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona

APR FC yatsinze Muhazi United FC igitego 1-0, maze Rayon Sports FC inanirwa kwikura imbere ya Vision FC banganya 0-0, ikipe y’ingabo ihita yegukana ityo igikombe cya Rwanda Premier League 2024-2025. Mo mu mikino y’umunsi wa 29 yakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 24/05/2025, aho APR FC yari yakiriwe na Muhazi United kuri Stade

Bidasubirwaho APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona Read More »

APR WFC U-17 yegukanye igikombe cya FERWAFA YOUTH LEAGUE

Ikipe y’abangavu ya APR WFC yegukanye igikombe cya shampiyona (FERWAFA YOUTH LEAGUE U-17) nyuma yo gutsinda Mutunda WFC U-17 ibitego 2-0 mu mukino usoza shampiyona wakiniwe kuri Stade Kamena kuri uyu wa gatandatu tariki ya 24/05/2025. Wari umukino wa 22 APR WFC U-17 yakinaga, ikaba yaratsinze 20, itsindwa umwe inganya umwe, ikaba isoje ifite amanota

APR WFC U-17 yegukanye igikombe cya FERWAFA YOUTH LEAGUE Read More »

APR FC yatsinze Gorilla FC yisubiza umwanya wa mbere

Igitego 1-0 ni ko umukino wahuje APR FC na Gorilla FC warangiye, ikipe y’ingabo yegukana amanota atatu ihita yisubiza umwanya wa mbere ku rutonde rwa Rwanda Premier League. Ni ku mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona wakiniwe kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa gatandatu tariki ya 17/05/2025. APR FC yatangiye umukino ihererekanya umupira mu

APR FC yatsinze Gorilla FC yisubiza umwanya wa mbere Read More »

Umutoza Darco Novic na bagenzi basezeye abakinnyi ba APR FC

Uwari Umutoza mukuru wa APR FC, Darco Novic n’abari bamwungirije basezeye abakinnyi b’iyi kipe y’ingabo banahabwa impano z’urwibutso. Abo batoza basezeye abakinnyi mu myitozo yo kuri uyu kane tariki ya 15/05/2025, bakaba babasezereye imbere ya Chairman wa APR FC, Brig.Gen Deo Rusanganwa. Darco Novic na bagenzi basheshe amasezerano ku bwumvikane na APR FC, bakaba ku

Umutoza Darco Novic na bagenzi basezeye abakinnyi ba APR FC Read More »

She-Amavubi U-20 yiganjemo aba APR WFC yasezereye Zimbabwe

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abakobwa batarengeje imyaka 20 yiganjemo abakinnyi ba APR WFC yasezereye Zimbabwe mu ijonjora ryo guhatanira itike yo kujya mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi. Abari b’u Rwanda babigezeho nyuma yo kunganya na Zimbabwe 0-0 mu mukino wo kwishyura mu gihe umukino ubanza bari bayitsinze ibitego 2-1. N’ubwo ari Zimbabwe yari yakiriye

She-Amavubi U-20 yiganjemo aba APR WFC yasezereye Zimbabwe Read More »

APR FC yatandukanye n’Umutoza Darco Novic n’abari bamwungirije

Ku bwumvikane bw’impande zombi, APR FC yatandukanye n’Umutoza mukuru Darco Novic ndetse na Dragan Salac, Culum Dragan na Marmouche Mehdi bari bamwungirije. Itangazo ryashyizweho Umukono na Brig.Gen Deo Rusanganwa, Chairman wa APR FC rivuga ko abo batoza bahisemo kumvikana n’iyi kipe y’ingabo basesa amasezerano ku mpamvu zabo bwite. Ubuyobozi bwa APR FC bwabashimiye Ubunyamwuga, Umurava

APR FC yatandukanye n’Umutoza Darco Novic n’abari bamwungirije Read More »

Barindwi ba APR WFC muri 11 b’u Rwanda batsinze Zimbabwe

Abakinnyi 7 ba APR WFC muri 11 babanje mu kibuga ubwo u Rwanda rwatsindaga Zimbabwe ibitego 2-1 mu mukino ubanza mu ijonjora ryo guhatanira itike yo kujya mu mikino ya nyuma yo guhatanira igikombe cya Afurika mu batarengeje imyaka 20. Maombi Joanna (18) GKIhirwe Regine (3)Uwase Bonnette (16)Ndayizeye Chance (6) CMutoni Jeannette (17)Uwase Fatinah (14)Gisubizo

Barindwi ba APR WFC muri 11 b’u Rwanda batsinze Zimbabwe Read More »

Scroll to Top