News

Amafoto – Tujyane i Shyorongi muri APR FC yitegura Gasogi United FC

Akanyamuneza ni kose, ndetse inseko ubabonana mu myitozo irabisobanura neza ko gushidikanya gukwiye kuba ntako kuko intsinzi igomba gutaha mu ikipe y’ingabo. Imyiteguro ya nyuma APR FC yayikoze kuri uyu wa kane tariki ya 13/03/2025, ikaba yabereye ku Ikirenga Stadium i Shyorongi. Ni imyiteguro yibanze ahanini ku myitozo igamije gufasha Abakinnyi kugumana ibitekerezo nziza zizatuma […]

Amafoto – Tujyane i Shyorongi muri APR FC yitegura Gasogi United FC Read More »

Gen MK MUBARAKH ari kumwe na Brig Gen Deo RUSANGANWA basuye APR F.C mbere yo gukina na Rayon Sport

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba ari numwe mu bayobozi b’lcyubahiro ba APR F.C Gen MK MUBARAKH ari kumwe na Chairman w’iyi kipe Brig Gen Deo RUSANGANWA basuye iyi kipe mbere yo gucakirana na Rayon Sport kuri iki cy’umweru. Chairman wa APR F.C yatangiye yakira umuyobozi Mukuru aho

Gen MK MUBARAKH ari kumwe na Brig Gen Deo RUSANGANWA basuye APR F.C mbere yo gukina na Rayon Sport Read More »

Mu myitozo icyizere cyo gutsinda derby ni cyose – Amafoto

Abakinnyi ba APR FC bakoze imyitozo ya nyuma bitegura umukino ugomba guhuza iyi kipe y’ingabo na Rayon Sports. Ni umukino uzabera muri Stade Amahoro kuri iki cyumweru tariki ya 9/03/2025. Imyitozo ya APR FC yaranzwe n’umwuka mwiza kuri bose bishongiye ku cyizere bifitiye cyo guha ibyishimo abakunzi n’abafana. APR FC igiye gukina uyu mukino iri

Mu myitozo icyizere cyo gutsinda derby ni cyose – Amafoto Read More »

Besheje umuhigo-APR FC yasezereye Gasogi United

Abakinnyi ba APR FC besheje umuhigo wo gusezerera Gasogi United FC mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’Amahoro, ariko imihigo irakomeje. APR FC yasezereye Gasogi United FC nyuma yo kunganya 0-0 mu mukino wo kwishyura wa 1/4 cy’irangiza mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’amahoro. ni mu gihe Umukino ubanza APR FC yari yatsinze Gasogi United FC

Besheje umuhigo-APR FC yasezereye Gasogi United Read More »

Amafoto – Mu myitozo bahigiye gusezerera Gasogi United

Abakinnyi ba APR FC bahigiye gusezerera Gasogi United yatumye badaha ibyishimo abakunzi n’abafana b’ikipe y’ingabo mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’Amahoro riheruka. Abakinnyi ba APR FC babihigiye mu myitozo bakoze kuri uyu wa kabiri tariki ya 04/03/2025 bitegura umukino wo kwishyura wa 1/4 cy’irangiza mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’amahoro (Peace Cup 2025). Imyitozo yakozwe

Amafoto – Mu myitozo bahigiye gusezerera Gasogi United Read More »

Muracyafite amahirwe imbere yanyu Chairman wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa ubwo yasuraga iyi kipe

Kuri uyu wa kabiri taliki 25 gashyantareAPR FC yakoze imyitozo yitegura imikino iri imbere haba mu gikombe cy’Amahoro ndetse na shampiyona bigikomeje, ni imyitozo yanitabiriwe na Chairman w’iyi kipe Brig Gen Deo Rusanganwa wanazanye ubutumwa bwa Gen MK Mubarakh bwo kongerera morale iyi kipe. Nyuma y’imyitozo, chairman wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa yaganirije

Muracyafite amahirwe imbere yanyu Chairman wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa ubwo yasuraga iyi kipe Read More »

APR FC yatsinze yihanukiriye Musanze FC

Ibitego 4-0 ni byo APR FC yatsinze Musanze FC iyisezerera mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’Amahoro 2024-2025. Kuri uyu wa gatatu tariki ya 19/02/2025 ni bwo hakinwe umukino wo kwishyura wa 1/8 mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’Amahoro 2024-2025. Uyu mukino APR FC yakiriyemo Musanze FC wabereye kuri Kigali Pele Stadium maze urangira umushyitsi azimaniwe

APR FC yatsinze yihanukiriye Musanze FC Read More »

Bahigiye gusezerera Musanze FC mu gikombe cy’Amahoro

Abakinnyi ba APR FC bahigiye gukora ibyo basabwa, bagatsinda Musanze FC maze bakayisezerera mu gikombe cy’Amahoro 2024-2025. Ni nyuma y’imyitozo bakoze kuri uyu wa kabiri tariki ya 18/02/2025, ikaba yabereye kuri Ikirenga Stadium i Shyorongi. Bayikoze bitegura umukino wo kwishyura wa 1/8 cy’irangiza mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’Amahoro 2024-2025. Umukino ubanza wabereye kuri Stade

Bahigiye gusezerera Musanze FC mu gikombe cy’Amahoro Read More »

Chairman wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa yasuye iyi kipe anazanye ubutumwa bwa Gen MK Mubarakh.

Kuri uyu wa Gatandatu Taliki ya 15 Gashyantare 2025 Chairman wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa yasuye iyi kipe aho icumbitse azanye n’ubutumwa bw’umuyobozi w’icyubahiro wa APR FC Gen MK Mubarakh. Ubwo yaganirizaga abagize iyi kipe Chairman wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa yongeye kubibutsa ko bagifite byinshi byo gukora bibageza ku gikombe.

Chairman wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa yasuye iyi kipe anazanye ubutumwa bwa Gen MK Mubarakh. Read More »

Scroll to Top