latest news

PSBB na GS APE-Rugunga zegukanye ibikombe muri Inter-Schools
Petit Seminaire Baptiste de Butare (PSBB) yigaho abakinnyi ba APR WFC na GS APE-Rugunga yigaho

Mu birori byuje ubudasa APR FC yashyikirijwe igikombe cya shampiyona (Amafoto)
Mu birori bitakozwe n’undi wese, APR FC yashyikirijwe igikombe cya shampiyona nyuma yo gutsinda Musanze

Bidasubirwaho APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona
APR FC yatsinze Muhazi United FC igitego 1-0, maze Rayon Sports FC inanirwa kwikura imbere

APR WFC U-17 yegukanye igikombe cya FERWAFA YOUTH LEAGUE
Ikipe y’abangavu ya APR WFC yegukanye igikombe cya shampiyona (FERWAFA YOUTH LEAGUE U-17) nyuma yo

APR FC yatsinze Gorilla FC yisubiza umwanya wa mbere
Igitego 1-0 ni ko umukino wahuje APR FC na Gorilla FC warangiye, ikipe y’ingabo yegukana

Umutoza Darco Novic na bagenzi basezeye abakinnyi ba APR FC
Uwari Umutoza mukuru wa APR FC, Darco Novic n’abari bamwungirije basezeye abakinnyi b’iyi kipe y’ingabo

She-Amavubi U-20 yiganjemo aba APR WFC yasezereye Zimbabwe
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abakobwa batarengeje imyaka 20 yiganjemo abakinnyi ba APR WFC yasezereye Zimbabwe

APR FC yatandukanye n’Umutoza Darco Novic n’abari bamwungirije
Ku bwumvikane bw’impande zombi, APR FC yatandukanye n’Umutoza mukuru Darco Novic ndetse na Dragan Salac,

Barindwi ba APR WFC muri 11 b’u Rwanda batsinze Zimbabwe
Abakinnyi 7 ba APR WFC muri 11 babanje mu kibuga ubwo u Rwanda rwatsindaga Zimbabwe

APR FC yihimuye ku Amagaju FC
APR FC yatsinze Amagaju FC ibitego 3-1, iyihimuraho nyuma y’aho mu mukino ubanza iyi kipe