E-mail: administration@aprfc.rw

Urubuga rw’abafana: Imyitwarire ya Bukuru Christopher nka kimwe muri byinshi byatunguye Kabange umwaka ushize w’imikino

Friend Sam uzwi ku izina rya Kabange ni umufana w’ikimenywabose w’ikipe ya APR FC guhera igihe yashingwaga mu mwaka w’1993.

Iyo uganiriye na Kabange usanzwe ari umuyobozi wungirije wa Gitinyiro Fan Club, akubwira amateka y’ikipe y’ingabo z’igihugu ariko akitsa cyane ku mwaka wa shampiyona wa 2019-20 ko yatunguwe na byinshi ikipe y’abanyarwanda gusa yakoze, imitoreze y’umutoza Adil, imikinire ya Bukuru Christopher ndetse no gusoza shampiyona idatsinzwe.

Atinda cyane ku myitwarire ya Bukuru Chrstopher nk’umukinnyi wazanywe adahabwa umwanya ubanzamo aho yakinaga ariko afite impano itangaje, n’ubwo benshi batabonaga ko iri ku rwego rwo kuba yashimwa n’umukinnyi wa Arsenal, Umunya-Brazil David Luiz.

Ni mu kiganiro cy’amashusho kirambuye twagiranye:

Leave a Reply

Your email address will not be published.