Friday, September 29E-mail: administration@aprfc.rw
Shadow

Turi kumwe tuzabahora i ruhande: Brig Gen Bayingana Firmin

Kuri iki Cyumweru taliki ya 29 kanama 2021 nibwo umuyobozi wungirije wa APR FC Brig Gen Bayingana Firmin yakurikiranye imyitozo y’iyi kipe, aboneraho guha ubutumwa abakinnyi nyuma y’imyitozo, abibutsa ko bagomba guhesha ishema igihugu mu mikino nya Afurika.

Yagize ati: Mugiye guhagararira igihugu mu mikino mugiyemo, ndabibona mumeze neza imyitozo abatoza babaha nabonye muyikora neza mukomeze mutekereze kuwo mugiye guhura muri iyi mikino, ni ibihugu bitandukanye harashyuha cyane mugomba kumenya kuba ahantu hose muburyo bwo kugira ngo mutahane instinzi, ibindi turi kumwe tuzabahora iruhande ntacyo muzabura.”

Amafoto:

Nsengiyumva i’rshad

Mugisha Bonheur

Mutabaruka Alexandre Umunyezamuzu wa APR FC

APR FC irakomeza imyitozo kuri uyu wa mbere

Umutoza ADIL atanga amabwiriza

umuyobozi wungirije wa APR FC Brig Gen Bayingana Firmin yakurikiranye imyitozo

Niyomugabo Claude atera umupira

Ishimwe anicet afungira umupira mu kirere

abatoza babanyezamu ba APR FC

4 Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *