Mu gihe ikipe ya APR F.C ikomeje imyitozo yitegura umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro kuri ubu abakinnyi baracyafite akanyamuneza ko kwegukana igikombe cya shampiyona igikombe begukanye mu minsi ishize.
Urubuga rw’iyi kipe rwagiranye ikiganiro n’umukinnyi w’iyi kipe Ishimwe Pierre aho yagaragaje amarangamutima ye nyuma yo kwegukana shampiyona ye ya kabiri yikurikiranya ndetse agira nibyo atangariza abakunzi b’iyi kipe.
Kurikira ikiganiro twagiranye n’uyu mukinnyi