E-mail: administration@aprfc.rw

Mu mafoto:  Byiringiro Lague yafatanyije n’abagenzi be imyitozo kuri uyu wa Kane

Nyuma y’uko kuri uyu wa Kane habayeho tombora y’uko amakipe umunani yazamutse mu matsinda uko azahura kugira ngo haboneke uwegukana igikombe cya shampiyona, ikipe ya APR FC ikaba yisanze igomba kubanza guhura na Espoir FC, APR FC ikomeje imyitozo yitegura  ikindi cyiciro cya shampiyona.

Rutahizamu w’ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC Byiringiro Lague akaba yafatanyije n’abagenzi be imyitozo kuri uyu wa Kane, nyuma yo kugaruka avuye mu Busuwisi  aho yari yaragiye mu igeragezwa.

Lague akaba yaragarutse mu Rwanda  kuri uyu wa gatandatu akabanza kujya mu kato ndetse akanapimwa Covid-19, kuri ubu akaba yasubiye mu mwiherero nyuma yo gusanga nta bwandu bwa Covid-19 afite, akaba kuri uyu wa Kane yafatanyije n’abangenzi be imyitozo bitegura imikino ya shampiyona.

AMAFOTO yaranze imyitozo yo kuri uyu wa kane

tuyisenge ahanganiye umupira na Nizeyimana Djuma

Umutoza Adil atanga amabwiriza

Itangishaka Blaise yakoranye n’abandi

Umutoza wungirije Pablo Morchón

Danny Usengimana
Abakinnyi n’abatoza bose bafite akanyamuneza
Umutoza w’abatoza babanyezamu

Rwabugiri umar
ni imyitozo irimo ishyaka
nsanzimfura Keddy afite akanyamuneza
byiringiro lague afata umupira
jacques tuyisenge atera umupira n’umutwe
Niyonzima Olivier Sefu yakoranye n’abandi

Niyomugabo Claude atera umupira

Imanishimwe Emmanuel
Ndayishimiye Dieudonne

Ishimwe annicet

Umtoza w’abazamu Mugabo Alex

Mutsinzi ange

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.