latest news

Amakuru kuri Tombola ya Champions League, uwo dushobora guhura n’amahirwe yo gukina amatsinda
Ikipe ya APR FC cyo kimwe n’andi makipe yatwaye ibikombe bya Shampiyona iwabo, uyu munsi

AZAM, Power Dynamos (na Rayon Sports) ziritezwe mu “Inkera y’Abahizi” yateguwe na APR FC
Inkera y’Abahizi! Mu muco nyarwanda,mu rwego rwo kwishimira ibyagezweho no gukomeza guharanira indangagaciro z’ubutwari, ubupfura,

Tuyisenge Arsène yatijwe mu ikipe ya As Kigali
Umukinnyi ukina asatira muri APR FC Tuyisenge Arsène ,yamaze kumvikana na As Kigali aho agiye

Denis Omedi yashimye abafana nyuma yo gutorwa nk’umukinnyi w’umwaka muri Uganda
Rutahizamu w’ikipe ya APR FC Denis Omedi yashimye abakunzi bose ba ruhago n’abandi bose bagize

APR FC yatsikiye mu mukino wa gicuti yahuriyemo na Police FC. Dore uko umukino wagenze(Amafoto)
Igitego cya Nshimiyimana Yunusu ntabwo cyashoboye guha intsinzi Gitinyiro mu mukino wa gicuti yatsinzwemo na

Amatike y’umukino wa Power Dynamos yatangiye kugurwa ku bwinshi
Abakunzi ba APR FC batangiye kugura amatike y’umukino w ’Umunsi w’Igitinyiro” iyi kipe izahuriramo na

Power Dynamos yegukanye Shampiyona ya Zambia ni yo izakirwa ku “Munsi w’Igitinyiro’
Ikipe ya APR FC yamaze kwemeza ko izaba ihatana na Power Dynamos mu mukino wa

Akanyamuneza ni kose kuri Fitina Omborenga umaze iminsi agarutse mu rugo
Fitina Omborenga ukina ku ruhande rw’inyuma iburyo akomeje kugaragaza ibyishimo byinshi nyuma yo kongera gusinyira

Abderrahim Taleb yageneye ubutumwa abakunzi ba APR FC mbere yo guhura na Police FC
Umutoza w’ikipe nkuru Abderrahim Taleb yasabye abafana kutita cyane ku musaruro ikipe yacu iri kubona

Byinshi mu bihembo by’abahize abandi byegukanywe n’aba APR FC
Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 9/8/2024, ukaba wabereye muri