latest news

APR FTC yegukanye bitatu mu bikombe bine byahatanirwaga mu Urubuto Community Youth Cup
Amakipe y’abato ya APR FC yegukanye ibikombe bitatu muri bine byahatanirwaga mu irushanwa Urubuto Community

APR FC yatsinze Bugesera FC ihita yisubiza umwanya wa mbere
APR FC yatsinze Bugesera FC igitego 1-0, ihita ihanantura abiyitaga ko bakomeye bava ku ntebe

APR FC yanganyije na Gasogi United
0-0 ni ko umukino w’umunsi wa 21 wa Rwanda Premier League wahuje APR FC na

ITANGAZO
Ubuyobozi bwa APR FC buranyomoza ibihuha birimo gukwirakwizwa mu Itangazamakuru bivuga ko itarahemba Abakinnyi n’abandi

Amafoto – Tujyane i Shyorongi muri APR FC yitegura Gasogi United FC
Akanyamuneza ni kose, ndetse inseko ubabonana mu myitozo irabisobanura neza ko gushidikanya gukwiye kuba ntako

Gen MK MUBARAKH ari kumwe na Brig Gen Deo RUSANGANWA basuye APR F.C mbere yo gukina na Rayon Sport
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba ari numwe

Mu myitozo icyizere cyo gutsinda derby ni cyose – Amafoto
Abakinnyi ba APR FC bakoze imyitozo ya nyuma bitegura umukino ugomba guhuza iyi kipe y’ingabo

Besheje umuhigo-APR FC yasezereye Gasogi United
Abakinnyi ba APR FC besheje umuhigo wo gusezerera Gasogi United FC mu irushanwa ryo guhatanira

Amafoto – Mu myitozo bahigiye gusezerera Gasogi United
Abakinnyi ba APR FC bahigiye gusezerera Gasogi United yatumye badaha ibyishimo abakunzi n’abafana b’ikipe y’ingabo

Muracyafite amahirwe imbere yanyu Chairman wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa ubwo yasuraga iyi kipe
Kuri uyu wa kabiri taliki 25 gashyantareAPR FC yakoze imyitozo yitegura imikino iri imbere haba