Umunyezamu usanzwe ari numero ya mbere muri APR FC Kimenyi Yves, yatangiye imyitozo nyuma y’ibyumweru bibiri atagaragara mu kibuga kubera ko yari arwaye marariya.
Kuri uyu wa Mbere, Kimenyi Yves akaba yatangiye imyitozo kandi ngo arumva ameze neza. Ati: ubu ndumva meze neza narikize neza igisigaye n’ugokora cyane kugira ngo nongere nsubire mu bihe byanjy byiza kandi nizeyeko ntazatinda kugaruka neza.
Dore amashusho y’imyitozo Kimenyi yakoze nyuma yo gukiruka marariya.