E-mail: administration@aprfc.rw

Dore mu mashusho imyitozo ya nyuma ya APR FC yakoreye kuri Stade de Rades

APR FC isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Club Africain mu mukino wo kwishyura wa Total CAF Champions League uzabera kuri Stade Olympic de Rades ku munsi w’ejo saa kumi n’ebyiri (18h00′) zo muri Tunisia arizo saa moya zo mu Rwanda (19h00′)

Iyi myitozo ya nyuma ya APR FC yayikoreye kuri stade izakiniraho, abakinnyi bose kugeza ubu bakaba bameze bafite ikizere cyo gusezerera Club Africain. Nkuko kapiteni Mugiraneza yabidutangarije.

Ati: nkuko nabikubwiye tukiri i Kigali, yaba twebwe ndetse na Club Africain, twese turacyafite amahirwe, byose birashoboka gusa icyo nakubwira n’uko twebwe ku ruhande rwacu turiteguye abasore bari tayali biteguye gukora ibishoboka byose tugasezerera Club Africain.

Dore amashusho y’imyitozo ya nyuma ya APR FC yakoreye kuri Stade de Rades 

Leave a Reply

Your email address will not be published.