Dore abakinnyi 20 ba APR FC biyambajwe mu mukino w’igikombe cya CECAFA Kagame Cup bagiye gukina na Heegan FC
by Tony Kabanda
Dore 11 ba APR FC bagiye kubanzamo ndetse n’abasimbura biyambajwe mu mukino w’igikombe cya CECAFA Kagame Cup bagiye gukina na Heegan FC yomuri Somaria.