Dore abakinnyi 18 ba APR FC biyambajwe mu mukino wabo wa gatatu w’imikino ya Gisirikare bagiye gukina n’ikipe ya TPDF
by Tony Kabanda
Dore 11 ba APR FC bagiye kubanzamo ndetse n’abasimbura biyambajwe mu mukino wabo wa gatatu w’imikino ya Gisirikare bagiye gukina n’ikipe TPDF ihagarariye Ingabo za Tanzania.