Umukinnyi ukina mu bwugarizi bwo hagati Nduwayo Alexis ari bube akina umukino we wa mbere atangiye mu kibuga muri Shampiyona, mu mukino ikipe yacu ihuriramo na Marines FC kuri uyu mugoroba. Uyu musore w’imyaka 21 yonyine, yaje muri APR...
Umukino w’ikirarane cy’umunsi wa mbere wa shampiyona turi buwukine kuri uyu wa Kabiri na Marines, aho abakunzi bacu bashyiriweho uburyo bushya bwo kugura amatike yo kwinjira ku mikino. Nyuma y’uko uburyo bwari busanzwe bamwe banengaga ko bugoranye mu kugura...
Iminsi 14 ni yo abakunzi yacu byabasabye kwihangana ngo bongere babona ikipe yambara umukara n’umweru mu kibuga, ubwo kuri uyu wa Gatandatu iri bube iri i Musanze ku mukino w’umunsi wa munani wa Shampiyona. Uyu mukino dufitemo amateka meza,...
Abakinnyi batari mu ikipe y’igihugu, bongeye gusubukura imyitozo yo kwitegura umunsi wa munani wa shampiyona tuzasuramo Musanze FC kuri uyu wa Gatandatu. Ni imyitozo yongeye gukorwa nyuma y’akaruhuko k’umunsi umwe ikipe yari yahawe ku Cyumweru, aho yari yiganjemo kongera...
Djibril Ouattara, wari muri Stade Amahoro ubwo APR FC yanyagiraga mukeba Rayon Sports ibitego 3-0, yongeye gukorana imyitozo n’ikipe nkuru nyuma y’igihe kitari gito agize ikibazo cy’uburwayi. Uyu rutahizamu umaze kwandika izina mu Rwanda no mu Karere, yari yari...