Cart Total Items (0)

Cart

Ku gicamunsi cyo kuri  uyu wa Kane, Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi ari kumwe na Col Rdt Kalisa callixte  yasuye ikipe ya APR F.C aho isanzwe ikorera imyitozo kuri sitade ikirenga mu karere...
Ikipe ya APR FC yakuye amanota atatu i Muhanga nyuma yo gutsinda ikipe ya AS Muhanga ibitego 2-1 mu mukino wa shampiyona wabereye kuri Stade y’Akarere ka Muhanga. Umutoza wa APR FC yari yakoze impinduka aho Ngabonziza Pacifique wari...
Nyuma y’ikiruhuko cy’umunsi umwe umutoza Taleb ayari yahaye abasore be, kuri ubu ikipe ya APR FC yasubukuye imyitozo yitegura umukino w’umunsi wa 13 wa Shampiyona y’u Rwanda, uzayihuza na AS Muhanga kuri uyu Gatanu mu karere ka Muhanga saa...