Igitego cya Denis Omedi ku munota wa 33 w’umukino gitumye APR FC ikura inota rimwe i Rubavu mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona twahuriragamo na Rutsiro FC. Uyu rutahizamu wa APR FC yashoboraga kudakina uyu mukino, kubera ko...
Kuri uyu wa Gatanu, Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yabwiraga abanyeshuri barenga 600 basozaga amasomo yabo muri Kaminuza ya Mulago School of Nursing ko bakwiye kurangwa n’ikinyabupfura kuko igihugu kibahanze amaso, mu babwirwaga harimo Denis Omedi, rutahizamu wa...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 31 Ukwakira, ni bwo APR FC yakoreye imyitozo kuri Stade Umuganda, aho izakinira na Rutsiro mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona uteganyijwe ku munsi w’ejo. Imyitozo yo kuri uyu mugoroba...
Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, APR FC yatangaje ko yababariye abakinnyi Dauda Yussif na Sy Mamadou bari barahanwe bakaba basanze bagenzi babo mu mwiherero. Mu itangazo APR FC yashyize ahagaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki 31 Ukwakira...
Ikipe ya APR FC ikomeje imyitozo yitegura umukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona tuzahuriramo na Rutsiro i Rubavu. Uyu mukino tuzakina ku wa Gatandatu tariki 1 Ugushyingo, nubundi ntuzagaragaramo abakinnyi batanu basanzwe mu ikipe ya mbere kubera impamvu zitandukanye....