Cart Total Items (0)

Cart

Kuri uyu wa gatanu ikipe ya APR F.C yakomeje imyitozo ari nako yakira umukinnyi wayo Cheick Djibril Ouattara ukubutse mu biruhuko. Uyu mukinnyi akaba agarutse mu myitozo yiyi kipe gufatanya n’abandi kwitegura imikino itandukanye iri kwitegura haba mu mikino...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ikipe ya APR F.C yakomeje imyitozo, aho yakomeje imyitozo yongerera imbaraga abakinnyi bayo ndetse Nyuma ya saa sita bakomereza I Shyorongi mu myitozo ya tekinike. Dore amafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu...
Ikipe ya APR F.C ikomeje imyitozo ikomeye haba  mu buryo bw’imbaraga ndetse no mu buryo bw’imikinire aho iyi kipe yitegura imikino itandukanye mu gihe cya vuba. Ni imyitozo iri gukoreshwa n’umutoza Mukuru  ndetse nabungiriza be, aho abakinnyi bashya ndetse...
Umukinnyi Madou Zon ukomoka muri Burkina Faso yamaze kugera mu ikipe yacu. Madou Zon ukina yugarira yari asanzwe ari kapiteni w’ikipe ya tout puissant Mazembe aho yayifashije kwegukana igikombe cya Shampiyona, kuri ubu yamaze kuba umukinnyi w’ikipe y’ingabo mu...