Djibril Ouattara, wari muri Stade Amahoro ubwo APR FC yanyagiraga mukeba Rayon Sports ibitego 3-0, yongeye gukorana imyitozo n’ikipe nkuru nyuma y’igihe kitari gito agize ikibazo cy’uburwayi. Uyu rutahizamu umaze kwandika izina mu Rwanda no mu Karere, yari yari...
Abakinnyi barindwi b’ikipe ya mbere bahamagawe mu mwiherero w’ikipe y’igihugu Amavubi uteganyijwe hagati ya tariki 12 na 16 Ugushyingo 2025. Umutoza w’Amavubi Adel Amrouche, yahisemo guhamagara abakinnyi bakina imbere mu gihugu gusa cyane ko nta mukino mpuzamahanga ikipe y’igihugu...
Imyaka icyenda ni yo yari ishize umukino wa Shampiyona hagati y’abakeba muri Derby y’imisozi igihumbi udasiga ikipe itsinze indi ikinyuranyo cy’ibitego bitatu, imyaka irenga ibiri ni yo ishize APR FC itinjizwa igitego na mukeba Rayon Sports, imyaka irenga 10...
Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yasuye ikipe ya APR FC mu myitozo yitegura umukino w’umunsi wa karindwi wa Shampiyona dufitanye na mukeba Rayon Sports ku munsi w’ejo. Reba uko byari bimeze Maj Gen Vincent...
Abafana ibihumbi birenga 65 ni bo bari muri Stade Mohamed V mu mpera z’icyumweru kindi, ubwo Wydad Cassablanca yanganyaga 0-0 na Raja Cassablanca mu mukino uba witezwe kurusha iyindi mu gihugu cya Maroc. Ni Umukino wa Derby, umutoza wacu...