Uwiyaremye Fidali wari usanzwe ari umukinnyi w’intare watijwe muri kiyovu Sports yinjiye mu muryango Mugari wa APR FC Uyu mukinnyi akaba yaragaragaje impano itangaje no kwitwara neza mu mikino yakinnye muri uyu mwaka w’imikino wa 2025_2026 ibikorwa bye bikaba...
Umukinnyi usanzwe ukina mu kibuga hagati Rubuguza Jean Pierre yasinyiye ikipe yacu, uyu mukinnyi yitwaye neza mu mwaka w’imikino wa 2025_2026 ubwo yakiniraga ikipe ya Gicumbi, bikaba bimuhaye amahirwe yo Gukinira ikipe y’Ingabo z’igihugu. Rubuguza akaba ahawe ikaze mu...
Umunya-Côte d’Ivoire Amani Kouadio Kan Michel Breygeneve ukina asatira izamu anyuze ibumoso yamaze gusinyira ikipe yacu Uyu mukinnyi w’imyaka 27 wakiniraga AFAD Djékanou yo mu Cyiciro cya Mbere muri Côte d’Ivoire akaba Ari na we watsinze ibitego byinshi muri...
Ishimwe Christian usanzwe akina Inyuma yugarira ku ruhande rw’ibumoso yamaze gusinyira ikipe yacu aho agarutse mu Rugo. Uyu mukinnyi Kandi usanzwe ari n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu akaba agarutse mu ikipe y’ingabo gufatanya n’abandi mu Rugendo rw’imikino iyi kipe ifite Yaba...
Abakinnyi b’ikipe ya APR FC bifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, batanga ubutumwa bw’ihumure, n’icyizere cy’ejo hazaza heza. Kapiteni w’iyi kipe, Niyomugabo Claude, yavuze ko Kwibuka atari igihe cyo kuzirikana amateka ababaje gusa,...