kuri uyu munsi Ikipe ya APR FC yakoze imyitozo ya nyuma, ni mbere yo gukina umukino wa nyuma w’igikombe cy’intwali izahuramo na Police FC kuri iki cyumweru. Ni imyitozo ya kurikiranywe na chairman w’iyi kipe Brig Gen Deo Rusanganwa,...
Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Intwari cya 2026 nyuma yo gutsinda AS Kigali ibitego 3-0 byatsinzwe na Hakim Kiwanuka, William Togui na Ruboneka Jean Bosco, mu mukino wabaye ku mugoroba wo ku wa Gatatu...
Ikipe ya APR FC kuri uyu wa kabiri yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo gucakirana na As Kigali mu mukino w’igikombe cy’intwali. Ni imyitozo yaranzwe no kongerera imbaraga abakinnyi ndetse no gutera mu izamu, muri iyi myitozo nta mukinnyi...
Ikipe ya APR FC kuri uyu wa gatandatu yasubukuye imyitozo nyuma y’iminsi itanu y’ikiruhuko. Ikipe ikaba yasubukuye imyitozo yitegura imikino y’igikombe cy’intwali ndetse n’igice cya kabiri cya shampiyona. Taliki 28 mutarama 2026 ikipe yacu irahura na As kigali...
Kuri iki Cyumweru nibwo hakinwaga umukino ukomeye wa shampiyona wahuzaga ikipe ya APR FC yakiragamo ikipe ya Al Merrikh, ni umukino warutegerejwe na benshi dore ko warufite kinini uvuze ku mpande zombi. Ni umukino ikipe ya APR FC yagiye...