News

Umuyobozi wa APR FC yahaye isezerano abafana

Umuyobozi wa APR FC, Col. Richard Karasira yasezeranyije ibyishimo abafana, abasaba kuba inyuma y’ikipe yabo ndetse bakanararika abandi. Ibi bikubiye mu butumwa yahejeje ku bari baje gushyigikira iyi kipe y’ingabo mu myitozo yakoreye muri Stade Amahoro kuri uyu wa kane tariki ya 22/8/2024. Chairman yatangiye yisegura mu izina ry’ubuyobozi bwa APR FC ahagarariye, maze abashyikiriza […]

Umuyobozi wa APR FC yahaye isezerano abafana Read More »

General MK MUBARAKH na Maj Gen Vincent NYAKARUNDI basuye APR F.C bayifuriza intsinzi

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda akaba n’umuyobozi w’icyubahiro wa APR F.C, General MK MUBARAKH ari kumwe n’umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen V Nyakarundi basuye ikipe ya APR F.C aho isanzwe ikorera imyitozo i Shyorongi mu Karere ka Rulindo. Bakihagera bahawe ikaze n’umuyobozi w’iyi kipe Col. Richard Karasira aho

General MK MUBARAKH na Maj Gen Vincent NYAKARUNDI basuye APR F.C bayifuriza intsinzi Read More »

APR FC yageneye ubutumwa bw’ihumure abakunzi bayo bakoze impanuka

Ubuyobozi bwa APR FC bwageneye ubutumwa bw’ihumure abakunzi b’iyi kipe y’ingabo bakoze impanuka ubwo bari berekeje i Dar es Salaam. Ubuyobozi bwa APR FC bwihanganishije abo bakunzi bayo bakoze impanuka, yifuriza abakomeretse gukira. Mu ijoro ryo kuwa gatatu tariki ya 14/8/2024 ni bwo bamwe mu bakunzi ba APR FC bafashe urugendo berekeza muri Tanzania, aho

APR FC yageneye ubutumwa bw’ihumure abakunzi bayo bakoze impanuka Read More »

Chairman yahaye abakinnyi n’abatoza umukoro wo kwiyunga n’abafana

Chairman wa APR FC, Col. Richard Karasira yasuye abakinnyi n’abatoza mu myitozo, abasaba gukora iyo bwabaga bagashaka umusaruro mwiza wababanisha neza n’abafana. Nu nyuma y’imyitozo yo kuri uyu wa kabiri tariki ya 13/8/2024, iyi kipe y’ingabo yakoze yitegura umukino wa mbere wo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika. Nyuma yo

Chairman yahaye abakinnyi n’abatoza umukoro wo kwiyunga n’abafana Read More »

APR FC ntiyahiriwe n’umukino wa Super Cup

APR FC ntiyahiriwe n’umukino wo guhatanira igikombe kiruta ibindi mu gihugu (Super Cup), aho yatsinzwe na Police FC penaliti 5-6 nyuma yo kunganya 0-0 mu minota isanzwe y’umukino. Ni umukino wakiniwe kuri Pele Stadium kuri uyu wa gatandatu tariki ya 10/8/2024, uyu ukaba ari na wo ufatwa nk’utangije ku mugaragaro umwaka w’imikino wa 2024-2025. Iki

APR FC ntiyahiriwe n’umukino wa Super Cup Read More »

Thierry Froger yashimiye APR FC nyuma yo kuba Umutoza w’umwaka

Nyuma yo gutorwa nk’Umutoza Mwiza kurusha abandi mu mwaka w’imikino wa 2023-2024 muri Rwanda Premier league, Thierry Froger Christian yashimiye APR FC. Mu butumwa yohereje, Thierry Froger yagize ati: “Maze kubona ko natowe nk’Umutoza wahize abandi muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Ndagirango nshimire abantu bose ba APR FC akazi bakoze n’ubufasha bwabo kugirango

Thierry Froger yashimiye APR FC nyuma yo kuba Umutoza w’umwaka Read More »

Byinshi mu bihembo by’abahize abandi byegukanywe n’aba APR FC

Ibihembo byinshi mu byahawe abahize abandi muri Rwanda Premier league 2023-2024 byegukanywe n’aba APR FC. Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 9/8/2024, ukaba wabereye muri RBA. Abahawe ibyo bihembo ni Victor Mbaoma wegukanye urukweto rwa zahabu ruhabwa uwatsinze ibitego byinshi, uyu mwanya akaba awusangiye na Ani Elijah wahoze akinira Bugesera FC,

Byinshi mu bihembo by’abahize abandi byegukanywe n’aba APR FC Read More »

Dore 11 ba APR FC igiye guhatana na Simba SC muri Simba Day

Mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki ngo rwambikane hagati ya Simba SC na APR FC, Umutoza Darco Novic yashyize ahagarara abakinnyi 11 babanzamo ndetse n’abasimbura. Ni mu mukino wo kwizihiza Simba Day uza kubera kuri Mkapa Stadium i Dar es Salaam muri Tanzania kuri uyu wa gatandatu tariki ya 3/8/2024 guhera saa kumi n’ebyiri

Dore 11 ba APR FC igiye guhatana na Simba SC muri Simba Day Read More »

APR FC yakiriye kandi imurika abakinnyi bashya

APR FC yakiriye abakinnyi batatu bashya mu rwego rwo gukomeza kubaka ikipe ihatana byo ku rwego mpuzamahanga. Abakinnyi bashya ba APR FC ni Mahamadou Lamine Bah ukomoka muri Mali, Nwobodo Chidiebere Johnson na Odibo Godwin bombi bakaba bakomoka muri Nigeria. Aba bakinnyi bose biyongereye ku bandi APR FC yakiriye mbere, bakaba bitegura kujyana n’abandi muri

APR FC yakiriye kandi imurika abakinnyi bashya Read More »

Scroll to Top