Sunday, October 1E-mail: administration@aprfc.rw
Shadow

Author: Tony Kabanda

Ibya shampiyona byarangiye, ubu akazi kagezweho ni irushanwa rya CECAFA: kapiteni Mugiraneza

News
Nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona n'amanota 66, Ikipe ya APR FC yafashe rutemikirere mu rukerera rwo kuri uyu wa kane yerekeze i Dar Es Salaam mu gihugu cya Tanzania kwitabira imikino ya Kagame Cup ya 2018. APR FC yatumiwe muri iri rushanwa rya 2018, iraza kwitwaza abakinnyi 20 arinabo izafashisha muri iri rushanwa aho izanakina umukino wayo wa mbere kuri uyu wa gatanu na Singida yo muri Tanzania. Kapiteni Mugiraneza ati ntitujyanywe no gutembera muri Tanzania : "ibyishimo by'igikombe cya shampiyona  tuzaba tubijyamo nyuma kuko akazi karacyakomeje. Ubu ibya shampiyona byarangiye ikigezweho ni irushanwa twitabiriye rya CECAFA, rero ntitujyanywe no gutembera tujyanywe n'akazi. APR FC irahaguruka 09H00 iragera i Dar Es Salaam mu ma saa 12H30 yaho, irakora imyitozo yoroheje k...

APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona irusha AS Kigali amanota atanu nyuma yo gutsinda Espoir ibitego 2-0

News
APR FC ibifashijwemo na Nsabimana Aimable na Muhadjili Hakizimana ikuye amanota atatu kuri Espoir y’umunsi wa 30 wa shampiyona nyuma yo kuyitsinda ibitego bibiri kubusa mu mukino wabereye kuri stade Amahoro. APR FC yatangiye umukino ishaka gutsinda mbere kugira ngo ibe yanakegukana amanota atatu kugira ngo ibe yakomeza kuguma ku mwanya wa mbere, APR FC yatanze Espoir kwinjira mu mukino ndetse biranayihira ibasha kubona igitego cyayo cyambere mbere y’uko igice cya mbere kirangira. Igitego cya mbere cyatsinzwe na Nsabimana Aimable kuri koruneri nziza yari itewe na Savio maze Aimable arasimbuka ateza umutwe umupira uruhukira mu rushundura. Igice ya kabiri, APR nabwo yaje itangira yotsa igitutu Espoi ishakisha uburyo yabona ikindi gitego gusa bagorwa cyane no kubyaza umusaruro uburyo bwi...

APR FC isoje imyitozo ya nyuma mbere yo gukina na Espoir umukino usoza shampiyona

Imyitozo
Ikipe ya APR FC isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Espoir mu mukino w’umunsi wa 30 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere Azam Rwanda premier league, ku munsi w’ejo ku wa kuwa Gatatu kuri sitade Amahoro i Remera saa 15H30. Nyuma y’umukino APR FC yakinnye na Gicumbi ndetse ikanayitsinda ibitego bibiri kubusa, yahise itangira kwitegura uyu mukino. APR FC izakina uyu mukino yagaruye umwe mu basore bayo b’inkingi za mwamba myugariro Nsabimana Aimable utaragaragaye mu mukinno APR yakinnye na Gicumbi kubera ko yari afite amakarita atatu y’umuhondo, gusa ikazakina uyu mukino idafite kapiteni wayo Mugiraneza utemerewe gukina uyu mukino kuko afite amakarita atatu y'umuhondo ndetse na rutahizamu wayo Issa Bigirimana kugeza n'ubu ntarakira neza imvune, ariko abandi bose bakaba bameze neza ndet...

APR FC ibifashijwemo na Prince na Lague ikuye amanota atatu kuri Gicumbi

News
APR FC ibifashijwemo na Buregeya Prince na Byiringiro Lague ikuye amanota atatu kuri Gicumbi y’umunsi wa 29 wa shampiyona nyuma yo kuyitsinda ibitego bibiri kubusa mu mukino wabereye kuri stade Amahoro.   APR FC yatangiye umukino ishaka gutsinda mbere kugira ngo ibe yanakegukana amanota atatu kugira ngo ibe yakomeza kuguma ku mwanya wa mbere, APR FC yatanze Gicumbi kwinjira mu mukino ndetse biranayihira ibasha kubona igitego cyayo cyambere mbere y’uko igice cya mbere kirangira. Igitego cya mbere cyatsinzwe na Buregeya Prince kuri koruneri nziza yari itewe na Iranzi maze Prince arasimbuka ateza umutwe umupira uruhukira mu rushundura. Igice ya kabiri, APR nabwo yaje itangira yotsa igitutu Gicumbi ishakisha uburyo yabona ikindi gitego gusa bagorwa cyane no kubyaza umusaruro ubur...

APR FC isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Gicumbi

News
Ikipe ya APR FC isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Gicumbi mu mukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere Azam Rwanda premier league, ku munsi w’ejo ku wa kuwa Cyumweru kuri sitade Amahoro i Remera saa 15H30. Nyuma y’umukino APR FC yakinnye na Etincelles ndetse ikanayitsinda ibitego bibiri kubusa, yahise itangira kwitegura uyu mukino. APR FC izakina uyu mukino idafite umwe mu basore bayo b’inkingi za mwamba myugariro Nsabimana Aimable utemerewe gukina kubera ko afite amakarita atatu y’umuhondo, ndetse na rutahizamu wayo Issa Bigirimana utarakira imvune, abandi bose bakaba bameze neza ndetse bakaba bari no mu mwiherero.   Nyuma y’iyi myitozo tukaba twaganiriye na kapiteni Miggy atubwira uko biteguye neza uyu mukino ati: kugeza n'ubu igikombe twese turi...