Author name: Uwihanganye Hardi

Intsinzi ituruka ku bufatanye bwanyu – Brig Gen Deo Rusanganwa

Ikipe y’ingabo z’igihugu kuri uyu wa Kabiri yakomeje imyitozo yitegura umukino wo kwishyura mu gikombe cy’amahoro uzayihuza na Police FC. Mu gukomeza kurushaho kwitegura uyu mukino, Chairman wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa yasuye iyi kipe mu rwego rwo kongerera ikizere abagize iyi kipe, cyo kwitwara neza. Ubwo yabaganirizaga yongeye kubibutsa ko umupira w’amaguru […]

Intsinzi ituruka ku bufatanye bwanyu – Brig Gen Deo Rusanganwa Read More »

APR FC yasesekaye i Kigali, ikubutse muri Zanzibar aho yari yitabiriye MAPINDUZI CUP.

Saa saba n’iminota mirongo ine n’itanu (1:45pm) z’iki cyumweru tariki ya 14/01/2024 ni bwo APR FC yari isesekaye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe. Iyi kipe y’ingabo z’u Rwanda ivuye mu rugendo yari imazemo ibyumweru bitatu, aho yari yitabiriye MAPINDUZI CUP irushanwa muri rusange yitwayemo neza n’ubwo itahiriwe mu mukino wa 1/2 cy’irangiza.

APR FC yasesekaye i Kigali, ikubutse muri Zanzibar aho yari yitabiriye MAPINDUZI CUP. Read More »

Scroll to Top