Nyuma y’amezi agera kuri ane shampiyona ihagaritswe ndetse n’ibikorwa bya siporo muri rusange bihagaritswe,Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC yasubiye mu kibuga aho yakinnye umukino wa gicuti mu rwego rwo kumenyereza abakinnyi bataherukaga gukina ndetse no kwitegura shampiyona iri mu minsi iri mbere dore ko izatangira tariki 1 Gicurasi 2021.
Ni umukino wabereye kuri sitade Amahoro I Remera nk’uko byatangajwe na Ferwafa ko ikipe ya APR FC izakirira imikino yayo ya shampiyona kuri iyi sitade dore ko sitade regional ya nyamirambo iri gusanywa kuri ubu.
Muri uyu umukino umutoza Mohammed Adil wari wahisemo gukinisha amakipe abiri atandukanye, warangiye ikipe ya APR FC itsinze igitego kimwe ku busa ni igitego ku munota wa 32′ gitsinzwe na Ruboneka Jean Bosco wari wabanje mu kibuga kuri uyu mukino.
Kuri uyu mukino umutoza Mohammed Adil yari yahisemo kubanzamo aba bakinnyi:
Usibye uyu mukino wahuje APR FC na Rutsiro, APR FC irateganya gukina indi mikino ibiri ya gicuti mbere y’uko shampiyona itangira, aho iteganya gukina na Marines FC ndetse na Mukura VS.






Drugs information sheet. Effects of Drug Abuse.
finasteride prices
Some trends of medicines. Get now.
doxycycline 100mg price without insurance
ciprofloxacino 500