Friday, September 29E-mail: administration@aprfc.rw
Shadow

APR FC yapimishije abakinnyi n’abakozi bayo mbere yo kujya mu mwiherero

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Mata 2021 ikipe y’ingabo z’igihugu APR fc nibwo yapimishije Abakinnyi n’abakozi bayo mbere yo kwinjira mu mwiherero ishyorongi aho isanzwe ikorera umwiherero.

Nk’uko bitegekwa na Ferwafa mu mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya covid 19 harimo ko ikipe mbere yo kwinjira mu mwiherero ibanza gupimisha abakinnyi ndetse n’abandi bakozi bayo bagomba kuba mu Mwiherero,ni muri urwo rwego ikipe ya APR FC nayo yapimishije abakozi bayo mbere yo kwinjira mu mwiherero.

Ikipe ya APR FC ikaba igomba gutangira kwitegura imikino ya shampiyona igomba gutangira tariki 01 Gicurasi nk’uko byatangajwe na Ferwafa.

Amafoto

Jacques Tuyisenge ubwo yapimwaga Covid19
Umutoza Adil ubwo yasinyaga mu gitabo
Umutoza Pablo wungirije Nawe bamupimye

Manzi Thierry

Mutsinzi ange bamupimye
Umutoza w’Abanyezamu Mugabo
Kit Manager habumugisha

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *