APR FC ifite ibikombe bitatu by’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup, ntiyahiriwe n’umukino wa mbere wayo muri CECAFA Kagame Cup y’uyu mwaka aho yatsinzwe na Singida yo muri Tanzania ibitego 2-1.APR FC nyuma yo gukina umukino wa nyuma wa shampiyona kuwa Gatatu, bukeye bwaho kuwa kane nibwo yahagurutse mu Rwanda saa 09H30 yerekeza muri Tanzania, dore ko yagombaga gukina umukino wayo wa mbere kuri uyu wa Gatanu.
Umukino wa mbere wayo muri iri rushanwa ry’uyu mwaka ntiwayihiriye kuko itabashije kugira n’inota narimwe ibona muri uyu mukino nyuma yo gutsindwa na Singida ibitego 2-1. Singida yabonye igitego cyayo cya mbere mu gice cya mbere iza no kubona icya kabiri mu gice cya kabiri.
APR FC yagerageje ibishoboka byose muri uyu mukino byibura ngo ibe yabona inota rimwe, ariko biranga ntiyabasha kubona igitego cya kabiri cyo kuyihesha inota rimwe, nyuma y’igitego cya Nsabimana Aimabe yatsinze. Tubibutse ko APR imaze kweguka CECAFA Kagame Cup inshuro eshatu zose muri 2004,2007 ndetse no muri 2010.
APR FC ikaba igiye gutangira kwitegura umukino wayo wa kabiri uzabahuza na Simba nayo yo muri Tanzania kuri uyu wa mbere ntagihindutse. APR iri mu itsnda rya aho iri kumwe na: Simba, Singida zo muri Tanzania ndetse na Dakadaha yo muri Somaria.
Drugs information leaflet. What side effects?
zoloft
Everything about medicines. Get information here.
cheap finasteride tablets
cleocin cream