Iri kumwe n’abasore bayo bashya, ikipe ya APR FC izakina umukino wa gishuti na Interforce FC ejo kuwa Gatatu mu rwego rwo gukomeza kwitegura imikino ya CECAFA Kagame Cup.
Ni umukino uteganyijwe kubera ku kibuga cya Kicukiro ku isaha ya saa 15:30′.
Ikipe ya APR FC ikomeje imyiteguro y’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup rizabera mu Rwanda guhera kuwa Gatandatu w’iki tariki ya 6 kugeza 21 Nyakanga 2019.
Uyu mukino kandi uzagaragaramo abakinnyi bashya iyi kipe yaguze bazayifasha muri uyu mwaka w’imikino, bikaba bizabafasha kumenyerana na bagenzi babo bahasanze.
Kimwe mu byo aba bakinnyi 9 bashya barimo Djabel, Thierry, Ange na Sefu bavuye muri Rayon Sports basabwe, ni ugufatanya n’abo bahasanze bakazitwara neza mu gikombe cya CECAFA Kagame Cup.
Tubibutse ko ikipe ya APR FC iri mu itsinda C hamwe na Proline, Green Eagles na Heegan.
levaquin 250
Cool gay videos:
https://eqreborn.net/wiki/User:JamesBibi347049