Sunday, October 1E-mail: administration@aprfc.rw
Shadow

Amafoto: APR F.C yakoze imyitozo ya nyuma yitegura Rwamagana City

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu yakoze imyitozo ya nyuma yitegura umukino ugomba kuyihuza n’ikipe ya Rwamagana, akaba ari umukino wa kabiri wa shampiyona yu Rwanda  ku ikipe ya APR F.C ni nyuma yo kuva mu mikino ya Caf Champions league.

Ni umukino  ugomba gukomeza urugendo rwa APR F.C rwo gushakisha igikombe cya shampiyona aho ishaka kwegukana igikombe cya kane yikurikiranya.

Umukino wa Rwamagana yakiramo APR F.C utegerejwe kuri iki Cyumweru tariki 2 Ukwakira 2022 kuri sitade ya Ngoma mu karere ka Ngoma.

Imyitozo ya Nyuma ikaba yakozwe n’abakinnyi bose biyi kipe.