E-mail: administration@aprfc.rw

APR F.C isoje imyitozo ya nyuma mu karere ka Rusizi

ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu yakoraga imyitozo ya Nyuma mu karere ka Rusizi mbere yo gukina umukino na Espoir yo muri aka karere, ni shampiyona Rwanda igeze ku munsi wa 26.

ni imyitozo yakoreshejwe n’umutoza Mukuru Adil Erradi Mohammed ari kumwe n’umwungiriza we Jamel Eddine Neffati, ikaba yakozwe n’abakinnyi bose bigaragara ko bafite inyota yo gukura amanota atatu mu karere ka Rusizi dore ko ari i kibuga gisanzwe kigora amakipe atandukanye bitewe n’imiterere yacyo.

ni umukino uteganyijwe kuri uyu wa gatandatu kuri sitade ya Rusizi , umukino uteganyijwe gutangira ku isaha yi saa kenda zuzuye.
ni shampiyona yu Rwanda igeze ku munsi wa 25 aho ikipe ya APR FC iri ku mwanya wa mbere aho irusha inota rimwe ikipe ya Kiyovu Sports iyikurikiye.

Leave a Reply

Your email address will not be published.