E-mail: administration@aprfc.rw

APR F.C ikomeje imyitozo Yitegura imikino y’igikombe cy’amahoro

Ikipe y’ingabo z’igihugu ikomeje imyitozo yitegura imikino y’igikombe cya amahoro, imikino izatangira kuri uyu wa kabiri Ikina N’ikipe ya Amagaju.
nyuma yaho tombora isize ikipe ya APR FC igomba guhura n’ikipe ya amagaju ikipe ya APR FC yakomeje imyitozo yitegura uyu mukino.
ni mu Rwego kandi rwo gukomeza no kwitegura shampiyona izasubukurwa Tariki ya 17 mata 2022.
kuri ubu ikipe ya APR FC ikaba ikomeje imyitozo yitegura uyu mukino uzaba kuri uyu wa kabiri mu karere ka Nyamagabe kuri sitade yi inyagisenyi. umukino wo Kwishyura ukaba uteganyijwe ku itariki 21 mata 2022.

Leave a Reply

Your email address will not be published.