Ikipe y’ingabo z’igihugu ikomeje imyitozo yitegura umukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona uzayihuza n’ikipe ya Rutsiro.
Kuri ubu, ikipe ya APR FC ikaba ikomeje imyitozo yitegura uyu mukino, ni umukino uzaba kuri iki Cyumweru kuri sitade ya kigali i nyamirambo ku isaha yi saa cyenda zuzuye.
ikipe ya APR FC yaherukaga mu kibuga ku Cyumweru ubwo Yanganyaga Igitego kimwe kuri kimwe N’ikipe ya Mukura yo mu karere ka Huye ari naho umukino wabereye.
Amafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu wa kabiri :