Friday, September 29E-mail: administration@aprfc.rw
Shadow

Amafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu wa kabiri

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri ikipe y’ingabo z’igihugu yakoze imyitozo yitegura umukino ugomba kuyihuza na Marine FC yo mu karere ka Rubavu.

Ni imyitozo yakozwe n’abakinnyi bose dore ko ntanumwe ufite imvune, ikaba ari imyitozo itegura umukino wa shampiyona w’umunsi wa 5 wa shampiyona yu Rwanda 2022-2023

Nyuma yo kutirwara neza mu karere ka bugesera ubwo bahuraga n’ikipe ya Bugesera FC ikipe ya APR F.C yakomeje imyitozo yitegura umukino ugomba kuyihuza na marine FC kuri uyu wa gatatu kuri sitade ya Kigali i nyamirambo ku isaha yi saa kumi nebyiri n’igice 18H30 kuri ubu morale ni yose ku bakinnyi ndetse n’abatoza.