ikipe y’ingabo z’igihugu yakomeje imyitozo nyuma y’ikiruhuko cy’umunsi umwe bari bahawe nyuma y’umukino wari wahuje APR FC na AS MANIEMA Union kuwa Gatatu w’iki cyumweru, ni imyitozo yakozwe kabiri uyu munsi mu gitondo no ku mugoroba aho mu gitondo bakoreye imyitozo muri gym naho mu masaha y’umugoroba bakorera ku kibuga cya shyorongi aho basanzwe bakorera imyitozo.
Amafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu munsi











