
Kuri uyu wa Gatanu ikipe y’ingabo z’igihugu yakomeje imyitozo akaba ari imyitozo ya nyuma itegura umukino w’ishiraniro ugomba kuyihuza n’ikipe ya As Kigali kuri uyu wa Gatandatu kuri sitade ya Bugesera guhera ku isaha yii saa kenda zuzuye (15h00)
Ni imyitozo yakozwe abakinnyi ubona ko morale iri hejuru bitanga ikizere cyo kwitwara neza kuri uyu mukino.
Amafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu wa gatanu



























