E-mail: administration@aprfc.rw

Amafoto: imyitozo irakomeje ku ikipe ya APR FC

ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu Ikipe y’Ingabo z’Igihugu isoje imyitozo ni nyuma y’ikiruhuko cy’iminsi ibiri abakinnyi b’iyi kipe bari barahawe  ni nyuma yuko bari bamaze kubona intsinzi ku ikipe ya Bugesera.

ikipe y’ingabo z’igihugu ikaba igomba gukomeza imyitozo kugeza kuri uyu wa gatandatu ubwo izaba icakirana n’ikipe ya Marine yo mu karere ka Rubavu, ni umukino uteganyijwe kuri uyu wa gatandatu ku isaha yi saa kenda zuzuye kuri sitade umuganda mu karere ka Rubavu.

kugeza ubu ikipe ya APR FC ikaba iri ku mwanya wa gatatu muri shampiyona y’urwanda nubwo ifite imikino igera kuri itatu y’ibirarane itarakina.

Amafoto yaranze Imyitozo yo kuri uyu wa gatatu :

Ombolenga Fitina agerageza Gufunga umupira

Byiringiro Lague ahanganiye umupira na Nizeyimana Djuma
Byiringiro Gilbert
Nshuti Innocent
Nshimiyimana Steven Ushinzwe Ibikoresho muri APR FC
Habumugisha Ernest bakunze kwita 2pac akaba ashinzwe ibikoresho

Hassan Taeb umutoza w’abatoza b’abazamu muri APR FC

nshimiyimana Ynussu

Itangishaka Blaise ashoreye umupira
Kapiteni wa kabiri wa APR FC Manishimwe Djabel
kapiteni wa APR FC Jacques Tuyisenge yatangiye gukora k’umupira
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Rwabuhihi Aime Placide
Mugisha Gilbert mu myitozo yo kuri uyu wa gatatu

Umutoza wungirije wa APR FC jamel Eddine Neffati atanga amabwiriza mu gihe k’imyitozo
Akanyamuneza ni kose ku bakinnyi b’ikipe y’angabo z’igihugu
Ni imyitozo yakozwe imvura iri kugwa

Umuzamu wa kabiri wa APR FC ahishakiye Hertier agarura umupira
Ishimwe Pierre bakunze Kwita Tiger agarura umupira bari bamuteye
Kenese Armel
Mugunga Yyes witwaye neza mu mukino wabanje atsinda igitego
Bizimana Yannick
nsanzimfura keddy

Ruboneka Bosco ameze neza
Nshuti Cedrick
Ndayishimiye Dieudonne

Ishimwe annicet

 

Nsengiyumva ir’shade

Leave a Reply

Your email address will not be published.