E-mail: administration@aprfc.rw

Amafoto: APR FC isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura n’ikipe ya Gicumbi

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Gashyantare 2022, ikipe y’Ingabo z’Igihugu nibwo isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura n’ikipe ya Gicumbi mu mukino wa 16 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda, ni umukino utegerejwe kuri iki Cyumweru kuri sitade ya Gicumbi mu karere ka Gicumbi ku isaha yi saa kenda z’amanywa.

Ni umukino ubanza mu mikino yo kwishyura, dore ko ikipe ya APR F.C yasoje imikino ibanza ariyo iyoboye Urutonde rwa Shampiona n’amanota 34.

Amafoto yaranze Imyitozo yo kuri uyu wa Gatandatu :

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.