Sunday, October 1E-mail: administration@aprfc.rw
Shadow

Amafoto: APR F.C yitegura Marine ishoje imyitozo ya nyuma

shampiyona yu Rwanda igeze ku munsi wayo wa 24 aho ikipe ya APR F.C yakira ikipe ya Marine kuri iki cyumweru.

kuri ubu ikipe ya APR FC ikaba ishoje imyitozo ya nyuma mbere yo gukina na Marine yo mu karere ka Rubavu, ni imyitozo yakozwe n’abakinnyi bose uretse abagiye bafite ibibazo by’imvune.

kuri ubu APR F.C irabarizwa ku mwanya wa mbere aho ikurikiwe n’ikipe ya Kiyovu Sports irusha inota rimwe

ni umukino uteganyijwe kuri iki cyumweru kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo ku isaha yi saa sita n’igice (12:30) ukaba ari Umukino uzabanziriza uwo kiyovu Sports izaba yakiramo ikipe ya mukura vs ku isaha yi saa kenda n’igice.

92 Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *