Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri ikipe y’ingabo z’igihugu yakoze imyitozo ya nyuma yitegura umukino uzayihuza n’ikipe ya AS Maniema Union yo muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, ni umukino uzaba ku isaha yi saa cyenda zuzuye kuri uyu wa Gatatu ku kibuga cya shyorongi
Amafoto yaranze imyitozo :















