Dore abakinnyi 18 ba APR FC biyambajwe mu mukino wa shampiyona bagiye gukina na Sunrise FC
by Tony Kabanda
Dore 11 ba APR FC bagiye kubanzamo ndetse n’abasimbura biyambajwe mu mukino w’ikirarane cy’umunsi wa karindwi wa shampiyona bagiye gukina na Sunrise FC.