Nyuma yo gusezerera ikipe ya Les Aigles du Congo ku bitego bitatu, Gen MK MUBARAKH yashimiye abagize ikipe ya APR FC kubeo kwesa umuhigo bari barahize. Buri umwe ugize iyi kipe yagiye ashimirwa mu buryo bushimishije Amafoto:
Ikipe ya APR FC yakomeje imyiteguro yitegura umukino wo kwishyura mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League, uzayihuza na Les Aigles du Congo kuri uyu wa Gatanu. Imyitozo yo kuri uyu wa Gatatu yabereye kuri Stade Amahoro guhera saa...
Shyorongi mu Karere ka Rulindo aho ikipe ya APR F.C isanzwe ikorera umwiherero yasuwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen MK MUBARAKH akaba n’umuyobozi w’icyubahiro wungirije wa APR F.C Mu butumwa bwongerera imbaraga yageneye abagize iyi kipe yongeye kubibutsa...
APR F.C iramenyesha Abakunzi bayo ko Amakuru yakomeje gucicikana ku mbugankoranyambaga ko ikipe ya APR F.C izerekeza i Lubumbashi n’indege yihariye ko ayo makuru atari yo. Ubuyobozi bwa APR F.C buracyategereje umwanzuro uzava aho bazakinira, kandi Abakunzi bayo ndetse...
Abakozi ba APR FC bahuguwe ku mategeko mashya n’amabwiriza azagenga umwaka w’imikino wa 2026/27, mu rwego rwo kwitegura umwaka mushya wa BK Pro League. Kuri uyu wa Kabiri, abakozi ba APR FC bahawe amahugurwa yateguwe n’abakozi ba FERWAFA ndetse...