Ikipe ya APR F.C yamaze kubona kapiteni Mushya uhagarariye abakinnyi, uwo ntawundi ni Cheick Djibril Ouattara. Uyu kapiteni Kandi akazaba afite bagenzi be bamwungirije aribo Ronald Ssekiganda kapiteni wa Mbere wungirije na Nshimiyimana Ynussu kapiteni wa kabiri wungirije. Cheick...
Rutahizamu wa APR FC, Cheick Djibril Ouattara, yegukanye igihembo cy’umukinnyi watsinze ibitego byinshi (Top Scorer) muri BK Pro League 2025/2026 nyuma yo gusoza shampiyona amaze gutsinda ibitego 18, ari na we wabaye uwa mbere mu batsinze ibitego byinshi muri...
Mu rwego rwo gukomeza imyiteguro y’umwaka w’imikino wa 2026/2027, ikipe ya APR FC yatangiye imikino ya gicuti itsinda Intare FC ibitego 3-0 mu mukino wabereye ku kibuga cy’imyitozo. Uyu mukino wahaye umutoza Taleb amahirwe yo kureba urwego rw’abakinnyi be...
Kuri uyu wa gatanu ikipe ya APR F.C yakomeje imyitozo ari nako yakira umukinnyi wayo Cheick Djibril Ouattara ukubutse mu biruhuko. Uyu mukinnyi akaba agarutse mu myitozo yiyi kipe gufatanya n’abandi kwitegura imikino itandukanye iri kwitegura haba mu mikino...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ikipe ya APR F.C yakomeje imyitozo, aho yakomeje imyitozo yongerera imbaraga abakinnyi bayo ndetse Nyuma ya saa sita bakomereza I Shyorongi mu myitozo ya tekinike. Dore amafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu...