Umunya-Côte d’Ivoire Amani Kouadio Kan Michel Breygeneve ukina asatira izamu anyuze ibumoso yamaze gusinyira ikipe yacu Uyu mukinnyi w’imyaka 27 wakiniraga AFAD Djékanou yo mu Cyiciro cya Mbere muri Côte d’Ivoire akaba Ari na we watsinze ibitego byinshi muri...
Ishimwe Christian usanzwe akina Inyuma yugarira ku ruhande rw’ibumoso yamaze gusinyira ikipe yacu aho agarutse mu Rugo. Uyu mukinnyi Kandi usanzwe ari n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu akaba agarutse mu ikipe y’ingabo gufatanya n’abandi mu Rugendo rw’imikino iyi kipe ifite Yaba...
Abakinnyi b’ikipe ya APR FC bifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, batanga ubutumwa bw’ihumure, n’icyizere cy’ejo hazaza heza. Kapiteni w’iyi kipe, Niyomugabo Claude, yavuze ko Kwibuka atari igihe cyo kuzirikana amateka ababaje gusa,...
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagabo Rwanda Premier League igeze ku munsi wayo wa 26, ikipe y’Ingabo z’igihugu irakira ikipe ya AS Muhanga kuri iki Cyumweru kuri Kigali Pele Stadium ku isaha ya saa kumi n’ebyiri n’igice (18:30) Ni...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri abagize komite y’abafana ba APR FC ku rwego rw’igihugu bahuriye mu nama nyunguranabitekerezo, ni inama yabaye hagamijwe kurebera hamwe uko bakomeza gushyigikira ikipe no gukomeza gukangurira abafana kwegera ikipe. Iyi nama yari...