Ikipe ya APR F.C irashimira iwari umukinnyi wayo Denis Omedi wamaze kubona Indi kipe Nyuma y’ibiganiro byagenze neza byahuje Uyu mukinnyi n’ikipe ya APR F.C ndetse n’ikipe uyu mukinnyi yerekejemo uyu mukinnyi akaba yamaze Gutandukana na APR F.C Denis...
Ubwo Ikipe y’ingabo z’igihugu yakoraga imyitozo ya nyuma yitegura Umukino wa Gatatu wa Cecafa Kagame Cup yasuwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka Maj Gen Vincent Nyakarundi. Mu butumwa yageneye abagize iyi kipe yatangiye yakira abakinnyi bashya anababwira intego...
Kuri iki cyumweru ikipe ya APR F.C yahize gukosora amakosa yabaye mu mukino ubanza igatsinda CF Garde Republicain Kuri ubu ikipe Yacu ishoje imyitozo ya nyuma mbere yo gukina umukino wa Kabiri wa Cecafa Kagame Cup 2026 aho iyi...
I Remera kuri stade Amahoro, ikipe ya APR FC yahakoreye imyitozo ya Nyuma mbere yo gukina umukino ubanza wa Cecafa Kagame Cup 2026. Ni imyitozo yakozwe n’abakinnyi Bose dore ko ntawe ufite ikibazo na Kimwe, Bitanga ikizere mu kwitwara...
Kuri uyu wa Gatatu I shyorongi aho ikipe ya APR F.C isanzwe ikorera Imyitozo yasuwe n’umuyobozi w’icyubahiro wungirije wa APR F.C Gen MK Mubarakh Ubwo yagezaga ijambo kubagize iyi kipe yabanje kwakira abakinnyi bashya abaha ikaze anababwira amateka atandukanye...