Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu nibwo Abakinnyi bashya ba APR FC aribo Mamadou Traoré (Capi),umunyezamu Ernan Siluane na Amani Kouadiokan Michel Breygeneve batangiye imyitozo mu ikipe ya APR F.C Ni imyitozo yabereye mu karere ka Rulindo aho...
Nshimiyimana Ynussu usanzwe ari umukinnyi wacu yamaze kongera amaserano y’imyaka ibiri mu ikipe y’ingabo. Uyu mukinnyi wacu ukina mu bwugarizi yagize umwaka mwiza w’imikino wa 2025/2026 mu ikipe yacu akaba yiteguye gukomeza kwitwara neza no gufatanya n’abandi.
Umukinnyi byiringiro Jean Gilbert (kagege) usanzwe akina mu bwugarizi I buryo yamaze kongera amaserano y’imyaka ibiri mu ikipe y’ingabo. Uyu mukinnyi wagize umwaka mwiza w’imikino wa 2025/2026 mu ikipe yacu byamufashije no kubona umwanya ubanzamo mu ikipe y’igihugu, akaba...
Umunya-Mali, Mamadou Traoré ukina mu kibuga Hagati ni umukinnyi mushya w’ikipe yacu APR FC. Mamadou Traoré kuri ubu yamaze gusinyira ikipe y’ingabo z’igihugu aho aje gufatanya n’abandi kwitwara neza mu mikino yose iri imbere, haba mu Mikino ya Afrika...
Umunyezamu w’Umunya-Mozambique, Ernan Siluane yamaze Gusinyira ikipe yacu Uyu munyezamu w’imyaka 27, yari asanzwe ari umunyezamu w’Ikipe ya Black Bulls akaba n’umunyezamu w’ikipe y’igihugu ya Mozambique. Kuri ubu akaba yiteguye kurinda neza izamu rya APR FC mu gihe kiri...