Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane Umuyobozi w’Icyubahiro wungirije wa APR F.C Gen MK MUBARAKH yasuye iyi kipe aho iri kwitegura umukino uzayihuza na Police F.C kuri uyu wa Gatanu. Ubwo imyitozo yarirangiye yaganiriye n’abagize iyi kipe Abibutsa...
Kuri uyu wa Kane nimugoroba, ikipe ya APR FC yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo gucakirana na Police FC mu mukino wa Shampiyona uzaba kuri uyu wa Gatandatu. Uyu mukino uteganyijwe kubera kuri Kigali Pele Stadium, guhera saa...
kuri Gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu Ikipe ya APR FC yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo gukina umukino wa shampiyona izakiramo ikipe ya Kiyovu Sportskuri uyu wa Gatandatu, ni umukino uteganyijwe kubera kuri Stade amahoro ku isaha yi...
Ku cyumweru taliki 08 Gashyantare 2026 Ikipe ya APR FC yakomeje imyitozo yiteguraumukino wa shampiyona wo kuri uyu wa kabiri igomba guhuramo n’ikipe ya Al Hilal Ni imyitozo ya kurikiwe na chairman w’iyi kipe Brig Gen Deo Rusanganwa, iyi...
kuri uyu munsi kipe ya APR FC yakoze imyitozo ya nyuma, ni mbere yo gukina umukino wa shampiyona izasuramo ikipe ya Al Hilal kuri uyu wa kabiri, ni umukino uteganyijwe kubera kuri kigali pele Stadium ku isaha yi saa...