Cart Total Items (0)

Cart

Rutahizamu w’ikipe ya APR FC, Cheikh Djibril Ouatarra, akomeje gukora imyitozo ku giti cye yo kongera imbaraga kugira ngo abe yafatanya n’abandi mu mikino ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere iri mbere. Uyu mukinnyi ukomoka muri Burkinafaso, yagize ikibazo cy’uburwayi...
Amatike y’umukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona tuzahuriramo na Rayon Sports yamaze kujya hanze aho ku mafaranga ibihumbi bibiri byonyine, abakunzi ba ruhago bakwirebera umukino utegerezwa kurusha iyindi muri Shampiyona. Uyu mukino uzwi nka Derby y’Imisozi Igihumbi, uteganyijwe kuzaba...
Igitego cya Denis Omedi ku munota wa 33 w’umukino gitumye APR FC ikura inota rimwe i Rubavu mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona twahuriragamo na Rutsiro FC. Uyu rutahizamu wa APR FC yashoboraga kudakina uyu mukino, kubera ko...