E-mail: administration@aprfc.rw

APR FC niyo ifite abakinnyi benshi mu ikipe y’igihugu , Mugunga Yves mu bakinnyi bahagamagawe

Mugunga Yves yahamagawe Mu ikipe Y’igihugu

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 28 Gicurasi 2021 nibwo ikipe y’igihugu y’urwanda yahamagarwaga aho igomba gukina imikino igera kuri ibiri ya Gicuti.

Umutoza w’ikipe Y’igihugu y’urwanda ( Amavubi) Mashami vicent ubwo yahamagaraga abakinnyi bazitabazwa mu mikino ibiri Ikipe y’igihugu y’urwanda igomba gukina n’ikipe y’igihugu ya Repuburika ya Central African yahamagaye abakinnyi bagera kuri 33, muri abo bakinnyi bahamagawe ikipe y’ingabo z’igihugu ikaba yaserukiwe n’abakinnyi bagera ku munani.
mu bakinnyi bahamagawe ukora ari umunani harimo:

Manzi Thierry , Mutsinzi Ange , Niyonzima Olivier sefu , Ruboneka Bosco , Manishimwe Djabel , Tuyisenge jacques na Mugunga Yves.

Manzi Thierry yahamagawe

 

Byiringiro lague mu bahamagawe
Yves Mugunga
Tuyisenge jacques nawe yahamagawe
Mutsinzi ange yahamagawe
Djabel yahamagawe
Niyonzima Olivier Sefu yahamagawe
Niyonzima Olivier Sefu
Ruboneka Bosco

ni imikino igomba gukinwa mu rwego rwo kwitegura imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’isi u Rwanda rugomba gukina na Mali na Kenya muri Nzeri 2021.

Umwiherero w’Ikipe y’Igihugu uzatangira ku cyumweru tariki 30 Gicurasi 2021 kuri La Palisse Hotel

Leave a Reply

Your email address will not be published.