E-mail: administration@aprfc.rw

Amafoto: Uko imyitozo ya nyuma yagenze APR F.C yitegura umunsi wa 29 wa shampiyona

Kuri uyu wa Gatandatu ikipe y’ingabo z’igihugu yakomeje  imyitozo  akaba ari imyitozo ya nyuma itegura umukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda  ugomba kuyihuza n’ikipe ya Rwamagana city kuri iki cyumweru kuri sitade ya Bugesera guhera ku isaha yii saa kenda zuzuye (15h00)

Ni imyitozo yakozwe abakinnyi ubona ko morale iri hejuru  bitanga ikizere cyo kwitwara neza kuri uyu mukino ubanziriza uwa nyuma.

Amafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu wa gatandatu

kureba amafoto menshi kanda hano

https://photos.app.goo.gl/WZGsrkLzneTHfw8X6