ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu Ikipe y’Ingabo z’Igihugu isoje imyitozo ni nyuma y’ikiruhuko cy’iminsi ibiri abakinnyi b’iyi kipe bari barahawe ni nyuma yuko bari bamaze kubona intsinzi ku ikipe ya Bugesera.
ikipe y’ingabo z’igihugu ikaba igomba gukomeza imyitozo kugeza kuri uyu wa gatandatu ubwo izaba icakirana n’ikipe ya Marine yo mu karere ka Rubavu, ni umukino uteganyijwe kuri uyu wa gatandatu ku isaha yi saa kenda zuzuye kuri sitade umuganda mu karere ka Rubavu.
kugeza ubu ikipe ya APR FC ikaba iri ku mwanya wa gatatu muri shampiyona y’urwanda nubwo ifite imikino igera kuri itatu y’ibirarane itarakina.
Amafoto yaranze Imyitozo yo kuri uyu wa gatatu :


























