Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu yakoze imyitozo ya nyuma yitegura umukino wa kabiri uhuza amakipe umunani yazamutse mu matsinda, ni umukino uzayihuza na AS Kigali ku munsi w’ejo kuwa Gatatu kuri stade ya Muhanga.
Kuri uyu wa Gatatu iyi kipe iraza kwakirwa n’ikipe ya AS Kigali ku kibuga cya stade Muhanga ku isaha ya saa cyenda(15h00) zamanywa.
Tubibutse ko amakipe yazamutse mu matsinda yose uko ari umunani, agomba guhura izaba ifite amanota menshi kurusha izindi ikaba ariyo izahabwa igikombe cya shampiyona 2020-2021.
amafoto yaranze imyitozo yuyu munsi















