E-mail: administration@aprfc.rw

AMAFOTO: APR FC yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na AS Kigali

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu yakoze imyitozo ya nyuma yitegura umukino wa kabiri uhuza amakipe umunani yazamutse mu matsinda, ni umukino uzayihuza na AS Kigali ku munsi w’ejo kuwa Gatatu kuri stade ya Muhanga.

Kuri uyu wa Gatatu iyi kipe iraza kwakirwa n’ikipe ya AS Kigali ku kibuga cya stade Muhanga ku isaha ya saa cyenda(15h00) zamanywa.

Tubibutse ko amakipe yazamutse mu matsinda yose uko ari umunani, agomba guhura izaba ifite amanota menshi kurusha izindi ikaba ariyo izahabwa igikombe cya shampiyona 2020-2021.

amafoto yaranze imyitozo yuyu  munsi

Manzi Thierry agarura umupira mu kirere
Niyonzima Olivier Sefu

Ndayishimiye Dieudonne yakoranye n’abandi
Umutoza Adil atanga amabwiriza ku basore be

Danny Usengimana

Rwabuhihi Placide atanga umupira

Nsanzimfura Keddy asoma ku mazi

ngabonziza asuka amazi mu mutwe

itangishaka Blaise imvune yarakize ariteguye

Umutoza Mugabo Alex atanga amabwiriza kuri Pierre

Niyomugabo Claude

Mugunga Yves
Rwabugiri Umar
Akanyamuneza ni kose

Umunyezamu Ishimwe Pierre

Muganga Jacques anyuzamo nawe akawutera

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.