E-mail: administration@aprfc.rw

Amafoto: APR FC isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Etoile Du Sahel

Ikipe y’ingabo z’igihugu isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Etoile Du Sahel yo mu gihugu cya Tunisia mu mukino ubanza wa CAF Champions League ugomba kuba ku munsi w’ejo kuwa Gatandatu saa cyenda kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo.

Ikipe ya Etoile Du sahel imaze iminsi mu Rwanda kuko yahageze kuri uyu wa Kane iracakirana n’ikipe y’ingabo z’igihugu, naho umukino wo kwishyura ukazaba tariki 23 ukwakira mu gihugu cya Tunisia.

Kugeza ubu abasore b’umutoza Mohammed Adil Erradi bakaba bameze neza uretse Ombolenga Fitina Ufite ikibazo cy’imvune na Byiringiro Lague

Amafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu wa Gatanu

Abakunzi ba APR FC batangiye gukora ibyapa byerekana ko bakinnyi babo biteguye (photo:umufana )

Leave a Reply

Your email address will not be published.