E-mail: administration@aprfc.rw

Amafoto: APR FC isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Etoile Du Sahel

Ikipe y’ingabo z’igihugu isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Etoile Sportive Du Sahel kuri uyu wa Gatandatu saa munani (14h00) za hano muri Tunisia, arizo saa cyenda (15h00) zo mu Rwanda.

Nyuma y’imyitozo umutoza Adil Mohammed yavuze ko biteguye neza kandi ko ku ruhande rwabo nka APR FC nta gitutu kibariho habe na gato avuga ko afitiye ikizere abasore be.

Yagize ati” Turiteguye neza nta kibazo, ku ruhande rwacu nta gitutu kituriho habe na gato abakinnyi bacu bose tubafitiye ikizere kuko bose bameze neza kandi bariteguye.”

Nyuma y’urugendo rw’amasaha abiri n’iminota mirongo itatu ikipe ya APR FC yakoze iva Tunis ijya Monatsir, ikaba yakoreye imyitozo ku kibuga izakinira ku munsi w’ejo stade de Monastir.

Amafoto :

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.