Ikipe y’ingabo z’igihugu igeze muri Tunisia aho yatangiye urugendo kuva ejo 19h00 z’ijoro banyura muri Uganda bakomereza muri Quatar ariho bavuye mu gitondo 09h20 berekeza muri Tunisia aho bagiye gukina umukino wo kwishyura wa CAF Champions League na Etoile Sportive du Sahel.
Nyuma yo kugera i Tunis ikipe ya APR FC ikaba icumbikiwe muri Paris Accidental hotel iri mu mugi wa Tunis, usibye umunaniro batewe n’urugendo, kugeza ubu abasore bameze neza.
Amafoto: