Ikipe y’Ingabo z’Igihugu isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na kiyovu Sports mu mukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere kuri iki Cyumweru kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo ku isaha yi saa cyenda (15h00).
Ikipe ya APR F.C yasubukuye imyitozo kuri uyu wa mbere nyuma y’uko shampiyona yari yasubitswe mu minsi ishize.
shampiyona ikaba yari yasubitswe ikipe ya APR F.C iri ku mwanya wa kabiri n’amanota 23 aho yarushwaga inota rimwe n’ikipe ya Kiyovu Sports nubwo ikipe y’ingabo z’igihugu ifite imikino ibiri y’ibirarane itarakina.
Amafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu wa gatandatu: