E-mail: administration@aprfc.rw

AMAFOTO: Abakinnyi ba APR FC bakubutse mu ikipe y’igihugu bakoranye imyitozo na bagenzi babo

 

Kuwa mbere tariki ya 6 Kamena 2021 nibwo ikipe y’igihugu Amavubi yakinnye umukino wayo wa kabiri wa gicuti na Central Africa nyuma yaho abakinnyi basubira mu makipe yabo kugira ngo bitegure isubukurwa rya shampiyona.

Mu gihe shampiyona igomba gusubukurwa kuri uyu wa Kane tariki 10 Kamena, ikipe ya APR FC ikomeje imyitozo yitegura umukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona y’amakipe umunani yazamutse mu matsinda, umukino uzayihuza na Bugesera FC kuri uyu wa Kane kuri stade ya Bugesera.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane , umutoza Mohamed Adil n’abasore be bakaba basoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Bugesera FC, abakinnyi bose hamwe n’abari mu ikipe y’igihugu bakaba bakoranye imyitozo n’abagenzi babo.

Amafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu wa gatatu

Kapiteni Manzi Thierry yakoranye n’abandi

Danny usengimana

Ndayishimiye Dieudonne
Niyonzima Olivier sefu akanyamuneza ni kose

Mushimiyimana Mohamed

Rwabugiri Omar
Nshimiyimana Ynussu

Tuyisenge Jacques mu myitozo yo kuri uyu munsi

Mugunga Yves

Ombolenga Fitina
Umutoza ADIL atanga amabwiriza ku basore be

Byiringiro Lague yakoranye n’abandi
manishimwe Djabel atera umupira

Bizimana Yannick

Niyomugabo Claude mu myitozo yo kunanura imitsi

Imanishimwe Emmannuel yiteguye umukino wo kuri uyu wa kane

Umutoza ADIL aganira nushinzwe ibikoresho Nshimiyimana Steven
Umutoza W’abatoza b’abazamu
Umutoza w’abazamu Mugabo Alex

 

Umutoza W’ungirije Pablo

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.