E-mail: administration@aprfc.rw

Amafoto: Abakinnyi ba APR F.C biteguye neza umukino wa Police FC

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura n’ikipe ya Police FC mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere kuri uyu wa Gatanu kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo ku isaha yi saa cyenda (15h00).

Ikipe ya APR F.C ikaba yaherukaga gukina umukino wa 14 n’ikipe ya AS Kigali aho ikipe y’ingabo z’igihugu yanganyije ubusa ku busa na AS Kigali,kugeza ubu Ikipe ya APR F.C ikaba ari iya kabiri ku rutonde rwa Shampiyona aho Kiyovu Sports iyirusha inota rimwe gusa.

Abakinnyi b’umutoza Adil bose bakaba bameze neza

Amafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu wa Kane:

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.